Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, imyigaragambyo ya kamejeje.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 31, 2024
in Regional Politics
0
I Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, imyigaragambyo ya kamejeje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, imyigaragambyo ya kamejeje.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31/07/2024, imyigaragambyo yaramukiye mu bice byo muri Goma aho abayirimo bari kwa magana ubutegetsi kudaha umutekano usesesuye abaturage, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iy’imyigaragabyo ahanini yiganjemo urubyiruko rurimo abakobwa n’abahungu bakaba barimo kuyikorera mu bice byo muri Quartier ya Kasika ho mu mujyi wa Goma.

Nk’uko ay’amakuru ava muri ibyo bice akomeza abivuga, nuko uru rubyiruko mu kwigaragambya baje bitwaje ibyapa byanditseho ubutumwa bashaka guha ubutegetsi, bugira buti: “Turashaka umutekano, abacu ko baricwa umunsi ku wundi.”

Ay’amakuru anavuga ko uru rubyiruko rwafashye amabuye bayatereka mu mihanda hagati iri muri yi Quartier ya Kasika, mwabo wo kwerekana akababaro ka mugenzi wabo wishwe arashwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo aho uwo musore uri mu kigero cy’imyaka 20 na 25 yarashwe isaha z’umugoroba wo kuri uwo wa Kabiri tariki ya 30/07/2024 agahita y’itaba Imana ako kanya.

Biravugwa kandi ko uru rubyiruko mu gukora iyi myigaragabyo bari gusaba ubutegetsi bwa Kinshasa kutarebera mu gihe kandi umutekano wongeye kuzamba muri ibyo bice.

Si ubwa mbere abaturage bigaragambya muri Goma n’ahandi mu bindi bice byo muri RDC basaba ubutegetsi gutanga umutekano no kugerageza ku w’ubungabunga ni mu gihe ubwicanyi bwagiye burushirizaho gufata indi ntera.

Bamwe mu bicwa bo muri aba baturage bicwa bazira ubwoko bwabo abandi bakazira utwabo. Ibi bikaba bimaze imyaka irenga itanu.

              MCN.
Tags: GomaImyigaragambyoYakamejeje
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibyo u Rwanda na Congo Kinshasa bemeranyijeho mu biganiro biri kubera i Luanda.

Hamenyekanye ibyo u Rwanda na Congo Kinshasa bemeranyijeho mu biganiro biri kubera i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?