• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.

minebwenews by minebwenews
January 24, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, LUCHA, rya teguye imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo leta yafashe cyo guharika moto gukora nyuma ya saakumi na zibiri, i Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko imyigaragambyo yateguwe ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/01/2024, bitegurwa ko iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu, tariki ya 24/01/2024.

N’ibikubiye mu itangazo ishirahamwe rya LUCHA rya geneye itangaza makuru, aho barishize hanze mu masaha y’iri joro rishira kuri uyu wa Gatatu.

Nk’uko itangazo ribimenyesha n’uko icyemezo ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashe cyo guhagarika aba motari gukora nyuma yisaha icumi na zibiri kibangamiye uburenganzira bwabo, ko kandi ba bihagaritse ariko umutekano ukomeza kuba mubi ku bagenzi.

LUCHA igasaba ko leta yorekera aba motari gukora kandi abashinzwe umutekano bagakomeza guharanira umutekano w’Abaturage.

Polisi n’Igisirikare bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muriyi Ntara ya Kivu Yaruguru, icyemezo cyo gufungira aba motari gukora nyuma ya saa kumi nazibiri cyafashwe mu kwezi kwa Cumi nabiri, umwaka wa 2023. Nyuma y’uko abashinzwe umutekano bafashe iki cyemezo Meya w’u Mujyi wa Goma, yarabyamaganye avuga ko bi bangamiye imiryango y’abatunzwe n’akazi kabakoresha ibyo binyabiziga.

Gusa ibi abashinzwe umutekano ba byemeje mugihe imfu zari zakomeje kuba ninshi aho aba motari bari bakomeje kwicwa barashwe na bitwaje intwaro, bikaba binakekwa ko bicwaga na Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’i ngabo z’igihugu.

Rero ishirahamwe rya LUCHA, rikaba rya menyesheje ubuyobozi bwose mu Ntara ya Kivu Yaruguru ko bari bukore imyigaragambyo maze basaba urubyiruko kwitabira kandi bavuga ko iyo myigaragabyo iza kubera kuri Rond Point, mu Mujyi rwagati wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: GomaImyigaragambyoLUCHA
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Undi musirikare yitandukanije n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.

Undi musirikare yitandukanije n'igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?