Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 24, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe riharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, LUCHA, rya teguye imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo leta yafashe cyo guharika moto gukora nyuma ya saakumi na zibiri, i Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bya vuzwe ko imyigaragambyo yateguwe ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/01/2024, bitegurwa ko iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu, tariki ya 24/01/2024.

N’ibikubiye mu itangazo ishirahamwe rya LUCHA rya geneye itangaza makuru, aho barishize hanze mu masaha y’iri joro rishira kuri uyu wa Gatatu.

Nk’uko itangazo ribimenyesha n’uko icyemezo ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashe cyo guhagarika aba motari gukora nyuma yisaha icumi na zibiri kibangamiye uburenganzira bwabo, ko kandi ba bihagaritse ariko umutekano ukomeza kuba mubi ku bagenzi.

LUCHA igasaba ko leta yorekera aba motari gukora kandi abashinzwe umutekano bagakomeza guharanira umutekano w’Abaturage.

Polisi n’Igisirikare bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muriyi Ntara ya Kivu Yaruguru, icyemezo cyo gufungira aba motari gukora nyuma ya saa kumi nazibiri cyafashwe mu kwezi kwa Cumi nabiri, umwaka wa 2023. Nyuma y’uko abashinzwe umutekano bafashe iki cyemezo Meya w’u Mujyi wa Goma, yarabyamaganye avuga ko bi bangamiye imiryango y’abatunzwe n’akazi kabakoresha ibyo binyabiziga.

Gusa ibi abashinzwe umutekano ba byemeje mugihe imfu zari zakomeje kuba ninshi aho aba motari bari bakomeje kwicwa barashwe na bitwaje intwaro, bikaba binakekwa ko bicwaga na Wazalendo bazwiho gukorana byahafi n’i ngabo z’igihugu.

Rero ishirahamwe rya LUCHA, rikaba rya menyesheje ubuyobozi bwose mu Ntara ya Kivu Yaruguru ko bari bukore imyigaragambyo maze basaba urubyiruko kwitabira kandi bavuga ko iyo myigaragabyo iza kubera kuri Rond Point, mu Mujyi rwagati wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: GomaImyigaragambyoLUCHA
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Undi musirikare yitandukanije n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.

Undi musirikare yitandukanije n'igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?