• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2024
in World News
0
I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni mu mirwano yatangiye mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 03/06/2024, aho iyo mirwano yarimo ibera mu nkengero za Kanyabayonga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga neza ko uru rugamba ko rwabereye mu bice biri mu ntera y’ibirometre nka 10 uvuye muri centre ya Kanyabayonga, ifite ubutaka bukora muri teritware ya Rutshuru na Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko abatanze ay’amakuru basobanuye, nuko ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa rwakoresheje ukurasa ibisasu biremereye bakabitera ahatuwe n’abaturage benshi, ndetse biza kugira ibyo byangiriza harimo ko byangirije ibikorwa remezo n’imirima y’abaturage.

Ndetse kandi ibi bisasu byarimo binaraswa muri Katsiru ho muri Secteur ya Bukombo, Cheferie ya Bwito, teritware ya Rutshuru. Ibi bisasu biremereye byarashwe igihe c’isaha ya saa kenda z’igicamunsi n’iminota nka 23.

Gusa byaje kugeza isaha z’umugoroba wajoro, agahenge kongera kugaruka muri ibi bice, nk’uko byakomeje kuvugwa n’abaturage baturiye ibyo bice.

Kugeza ubu M23 iragenzura inkengero za Kanyabayonga, nko mu ntera y’ibirometre, guhera ku munani ukageza ku 15. Mu gihe ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryo riki genzura muri centre gusa ya Kanyabayonga.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, aha muri ibi bice habyukiye agahenge. Kimweho imirwano ishobora kubura isaha iyari yo yose kuko impande zose zikomeje kurebana ayingwe.

          MCN.
Tags: Haramukiye agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Mu nkengero za Kanyabayonga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri mushya w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

Minisitiri mushya w'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?