• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2024
in World News
0
I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za leta ya Kinshasa.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kanyabayonga haramukiye agahenge ka mahoro nyuma y’uko ku munsi w’ejo hari habaye isibaniro ry’imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Ni mu mirwano yatangiye mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 03/06/2024, aho iyo mirwano yarimo ibera mu nkengero za Kanyabayonga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga neza ko uru rugamba ko rwabereye mu bice biri mu ntera y’ibirometre nka 10 uvuye muri centre ya Kanyabayonga, ifite ubutaka bukora muri teritware ya Rutshuru na Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Nk’uko abatanze ay’amakuru basobanuye, nuko ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa rwakoresheje ukurasa ibisasu biremereye bakabitera ahatuwe n’abaturage benshi, ndetse biza kugira ibyo byangiriza harimo ko byangirije ibikorwa remezo n’imirima y’abaturage.

Ndetse kandi ibi bisasu byarimo binaraswa muri Katsiru ho muri Secteur ya Bukombo, Cheferie ya Bwito, teritware ya Rutshuru. Ibi bisasu biremereye byarashwe igihe c’isaha ya saa kenda z’igicamunsi n’iminota nka 23.

Gusa byaje kugeza isaha z’umugoroba wajoro, agahenge kongera kugaruka muri ibi bice, nk’uko byakomeje kuvugwa n’abaturage baturiye ibyo bice.

Kugeza ubu M23 iragenzura inkengero za Kanyabayonga, nko mu ntera y’ibirometre, guhera ku munani ukageza ku 15. Mu gihe ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryo riki genzura muri centre gusa ya Kanyabayonga.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, aha muri ibi bice habyukiye agahenge. Kimweho imirwano ishobora kubura isaha iyari yo yose kuko impande zose zikomeje kurebana ayingwe.

          MCN.
Tags: Haramukiye agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo za RDCM23Mu nkengero za Kanyabayonga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri mushya w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

Minisitiri mushya w'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?