• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kaziba abaturage bahatuye baratabaza.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Ubugizi bwa nabi bwa Wazalendo bwongeye gufata indi ntera i Kaziba, bituma abaho batabaza m23.
102
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kaziba abaturage bahatuye baratabaza.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Nyuma y’aho Wazalendo bivuse mu baturage b’i Kaziba muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo barabasahura, byatumye batabaza umutwe wa m23 kuza kubohoza iki gice cyabo.

Kaziba ni mwe mu ma cheferi agize teritware ya Walungu, ahanini ituwemo n’Abanye-kongo bo mu bwoko bw’Abashi bavuga ururimi rw’igishi rwenda gusa n’ikinyarwanda ndetse n’igipfulero.

Amakuru abaturiye iki gice bahaye Minembwe Capital News avuga ko Wazalendo babangamiye, kandi ko barimo gusahura mu mazu yabo no mu maduka.

Agira ati: “Barya bashenzi(aho yavugaga Wazalendo) bari kudusahura. Binjiye mu mazu no mu maduka barasahura.”

Aya makuru akomeza avuga ko mbere yuko bariya Wazalendo batangira gusahura, babanje kurasa amasasu menshi, baboneraho kwivuta mu baturage barambura.

Mu butumwa bwanditse mururimi rw’igiswahili yaduhaye bugira buti: “Wale wajinga wanaanza piller ma boutiques na mu manyumba.”

Hejuru y’ibyo avuga ko bambuye abaturage ibinyabiziga birimo ama moto, imodoka n’ibindi.

Nk’uko abisobanura avuga ko ibyo kwambura abaturage ibinyabiziga byabo, byabereye ku muhanda wa Nyamfunzo mu gace gaherereye ahitwa Bakaja ugana i Nyangenzi.

Avuga kandi ko ibyo byabaye aha’rejo ku wa gatandatu tariki ya 29/03/2025.

Ku rundi ruhande bavuze ko bamwe mu baturage batuye muri icyo gice byatumye bikingirana mu mazu, bityo ibyo gukora barabihagarika, ibyo bibwira ko bishobora guteza ikibazo cy’inzara.

Ni muri urwo rwego aba baturage batabaza m23 kuza kubohoza iki gice cyabo.
Tariki ya 12/03/2025, uyu mutwe wa m23 waracyigaruriye ariko uza kukivamo nta mirwano ibaye, kuko icyo gihe aba barwanyi bo muri uyu mutwe bari bagifashe bahise bakomeza kwirukana ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo ingabo za FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe ya Wazalendo na FDLR ari na bwo bahise bakomeza baja mu Minembwe.

Uyu mutwe umaze kwikura i Kaziba, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi bongeye kuyigarukamo.
Kuri ubu rero, abayituriye barasaba uyu mutwe wa m23 kuza bakayirukanamo iryo huriro ry’Ingabo za Congo ririmo kubasahura no kubagirara nabi ndetse kandi rikaba riri kubica.

Tags: BaratabazaKazibaM23Wazalendo
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku masezerano yasinywe hagati ya m23 na SADC i Goma.

Ibyimbitse ku masezerano yasinywe hagati ya m23 na SADC i Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?