• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Regional Politics
0
I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kaziba M23 yiswe abamaraika bo mu ijuru, nubwo hari ibindi abaho bakicyifuza.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Abaturage b’i Kaziba muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho abarwanyi bo mu mutwe wa M23 baheruka gufata bagaragaje ko aba barwanyi bakora ibyiza nk’abamaraika bo mu ijuru, gusa bakifuza ko bakomeza bakagura ibirindiro.

Ni mu butumwa MCN ikesha umwe mu baturage batuye i Kaziba witwa Cosmos Birindwa, mu butumwa yaduhaye bugira buti: “Njyewe ndi Kaziba, ni ho M23 iheruka gufata. Izi nshuti nta kibazo cyazo, bari kudukorera neza, yewe ndetse bakora nk’abamaraika bo mu juru.”

Ibyingenzi Cosmos yagaragaje uyu mutwe ukomeje kubakorera iwabo, harimo ko wabahaye ubwisanzure, umutekano, ntamabariyeri akirangwa muri icyo gice nk’ayahabaga igihe cya FARDC n’ibindi.

Ati: “Ubu dufite amahoro, turaryama tugasinzira. Turatembera nta mabariyeri akihaba nk’ayahabaga igihe cya mbere.”

Ikibazo uyu munya-kaziba yagaragaje ni uko bo bifuza ko uyu mutwe wa M23 ukomeza imirwano ukirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu misozi yo muri iki gice, ngo kuko nyuma y’aho FARDC n’abambari bayo batsinzwe urugamba bahungiye mu misozi iri hejuru y’aho.

Ndetse yanavuze ko bafite amakuru avuga ko ziriya ngabo za Leta ziri gukomeza kwiyongera muri iriya misozi, ngo kuko zigamije kongera kwisubiza iki gice cya Kaziba.

Ati: “Dufite amakuru ko ziriya ngabo za Leta zikomeje kwiyongera mu misozi. Zirateganya kwisubiza Kaziba, n’inkengero zayo. Ni icyo kiduteye ubwoba.”

Kubw’aba banya-kaziba ni uko abarwanyi bo muri uyu mutwe wa M23 bokwirukana iri huriro ry’ingabo za Congo bagafata teritware yose ya Walungu, ndetse n’iya Uvira, iturukamo Wazalendo, FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi zikagaba ibitero mu duce twamaze kubohorwa n’uyu mutwe.

Nko mu byumweru bitatu bishize, ni bwo abarwanyi b’uyu mutwe bafashe umujyi wa Kaziba, n’utundi duce duherereye muri ibyo bice, birimo na grupema ya Luciga yo muri cheferi ya Luhwinja izwiho kuba yibitseho ubutunzi kamere.

Kuva ibyo bice byigaruriwe n’uyu mutwe, amahoro yadutashyemo, ubundi abaturage bahabwa agaciro gatandukanye no mu bihe byashyize ubwo barebwaga n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo.

Tags: AbamaraikaKazibaM23
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
M23 yahanuye drone y’Ingabo za Congo muri Kivu y’Epfo.

M23 yahanuye drone y'Ingabo za Congo muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?