Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 10, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi na Nyiragongo, mugihe hari haramukiye agahenge ka mahoro, kuri ubu ibitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC, byongeye kwibasira abasivile.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, bidasanzwe mu bice bya beragamo intambara biramukiyemo amahoro aho ni mu bice bya i Shasha, ahari ha heruka ku bera urugamba rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Aka gace ka i Shasha, kazwi ko ari ingenzi, k’uko gahuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru. Kugeza ubu i Shasha, haragenzurwa n’i ngabo za General Sultan Makenga (M23). Gusa Wazalendo, FDLR, ingabo z’u Burundi, Fardc na SADC ntibari kure ya Localite ya i Shasha.

Mu bice bya gurupema ya Kamuronza, ariho Centre ya Sake ibarizwamo, umutwe wa M23 niwo ufite igice kinini cy’iyo Grupema igenzura usibye centre hagati, niho hagenzurwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, Fardc, Monusco, Wagner, SADC na Wazalendo.

Mu gihe M23 igenzura uduce twose tuzengurutse Centre ya Sake, bari nka hitwa Kihuli, iherereye hejuru ya Sake, bagenzura kandi ku Nturo y’ambere n’iyakabiri, harimo kandi ko bareba na Kingi, ndetse n’utundi duce dukikije Sake, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Justin uherereye mu misozi ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri Axe ya Kibumba-Goma, niho haramukiye ibitero by’i huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nyuma y’uko k’u wa Kane, iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, baguye mu mutego wa M23 mu gihe bari bagabye igitero mu birindiro bigenzurwa na M23, birangira imirwano ifashe umunsi wose mu bice biri muri Grupema ya Buhumba no mutundi duce two muri Grupema ya Kibumba.

Iyo mirwano yabaye k’u wa Kane, yasize M23 yongeye kwigarurira ibindi bice byingenzi byo muri Axe ya Kibumba-Goma, nka Localite ya Rwibiranga, harimo ko yafashe n’agace ka Kanyamahoro, aha ni mu ntera y’ibirometre 19 n’u Mujyi wa Goma.

Ahagana isaha ya saambili n’igice n’ibwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero muri Axe ya Kibumba-Goma, nk’uko iy’inkuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Aho yagize ati: “ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero mu baturage baturiye Kibumba, Mweso no mu nkengero zaho.”

Ay’amakuru kandi yemejwe n’u muhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa, aho yagize ati: “Muri Kibumba, Kanyamahoro, Mweso na Kanyangohe, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri iki Gitondo bahagabye ibitero biremereye.”

Yakomeje agira ati: “Drone CH-4 na Sukhoï-25 n’ibibunda bya BM, ntabwo biduteye ubwoba, turabikubita.”

Ibi bitero bigabwe mu gihe hari haramukiye agahenge ka mahoro.

N’ubwo hari ahavuzwe amahoro biravugwa ko impande zihanganye zirebana ayingwe mu bice byose ko ndetse hari urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mubice bya Bwerimana, ariko MCN ya bwiwe ko nta ntambara yabaye ko hubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zoba zikanze bakarasa ibisasu.

Nguko uko byifashe kuri none, i Masisi no muri teritware ya Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: Haramukiye agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23MasisiNyiragongo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwokejwe i gitutu ngo binjire mu murongo w'ibiganiro nk'u muti wa mahoro arambye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?