• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi na Nyiragongo, mugihe hari haramukiye agahenge ka mahoro, kuri ubu ibitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC, byongeye kwibasira abasivile.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, bidasanzwe mu bice bya beragamo intambara biramukiyemo amahoro aho ni mu bice bya i Shasha, ahari ha heruka ku bera urugamba rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Aka gace ka i Shasha, kazwi ko ari ingenzi, k’uko gahuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru. Kugeza ubu i Shasha, haragenzurwa n’i ngabo za General Sultan Makenga (M23). Gusa Wazalendo, FDLR, ingabo z’u Burundi, Fardc na SADC ntibari kure ya Localite ya i Shasha.

Mu bice bya gurupema ya Kamuronza, ariho Centre ya Sake ibarizwamo, umutwe wa M23 niwo ufite igice kinini cy’iyo Grupema igenzura usibye centre hagati, niho hagenzurwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, Fardc, Monusco, Wagner, SADC na Wazalendo.

Mu gihe M23 igenzura uduce twose tuzengurutse Centre ya Sake, bari nka hitwa Kihuli, iherereye hejuru ya Sake, bagenzura kandi ku Nturo y’ambere n’iyakabiri, harimo kandi ko bareba na Kingi, ndetse n’utundi duce dukikije Sake, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Justin uherereye mu misozi ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri Axe ya Kibumba-Goma, niho haramukiye ibitero by’i huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nyuma y’uko k’u wa Kane, iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, baguye mu mutego wa M23 mu gihe bari bagabye igitero mu birindiro bigenzurwa na M23, birangira imirwano ifashe umunsi wose mu bice biri muri Grupema ya Buhumba no mutundi duce two muri Grupema ya Kibumba.

Iyo mirwano yabaye k’u wa Kane, yasize M23 yongeye kwigarurira ibindi bice byingenzi byo muri Axe ya Kibumba-Goma, nka Localite ya Rwibiranga, harimo ko yafashe n’agace ka Kanyamahoro, aha ni mu ntera y’ibirometre 19 n’u Mujyi wa Goma.

Ahagana isaha ya saambili n’igice n’ibwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero muri Axe ya Kibumba-Goma, nk’uko iy’inkuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Aho yagize ati: “ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero mu baturage baturiye Kibumba, Mweso no mu nkengero zaho.”

Ay’amakuru kandi yemejwe n’u muhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa, aho yagize ati: “Muri Kibumba, Kanyamahoro, Mweso na Kanyangohe, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri iki Gitondo bahagabye ibitero biremereye.”

Yakomeje agira ati: “Drone CH-4 na Sukhoï-25 n’ibibunda bya BM, ntabwo biduteye ubwoba, turabikubita.”

Ibi bitero bigabwe mu gihe hari haramukiye agahenge ka mahoro.

N’ubwo hari ahavuzwe amahoro biravugwa ko impande zihanganye zirebana ayingwe mu bice byose ko ndetse hari urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mubice bya Bwerimana, ariko MCN ya bwiwe ko nta ntambara yabaye ko hubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zoba zikanze bakarasa ibisasu.

Nguko uko byifashe kuri none, i Masisi no muri teritware ya Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: Haramukiye agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23MasisiNyiragongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwokejwe i gitutu ngo binjire mu murongo w'ibiganiro nk'u muti wa mahoro arambye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?