• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi na Nyiragongo, mugihe hari haramukiye agahenge ka mahoro, kuri ubu ibitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC, byongeye kwibasira abasivile.

You might also like

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10/02/2024, bidasanzwe mu bice bya beragamo intambara biramukiyemo amahoro aho ni mu bice bya i Shasha, ahari ha heruka ku bera urugamba rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Aka gace ka i Shasha, kazwi ko ari ingenzi, k’uko gahuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru. Kugeza ubu i Shasha, haragenzurwa n’i ngabo za General Sultan Makenga (M23). Gusa Wazalendo, FDLR, ingabo z’u Burundi, Fardc na SADC ntibari kure ya Localite ya i Shasha.

Mu bice bya gurupema ya Kamuronza, ariho Centre ya Sake ibarizwamo, umutwe wa M23 niwo ufite igice kinini cy’iyo Grupema igenzura usibye centre hagati, niho hagenzurwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, Fardc, Monusco, Wagner, SADC na Wazalendo.

Mu gihe M23 igenzura uduce twose tuzengurutse Centre ya Sake, bari nka hitwa Kihuli, iherereye hejuru ya Sake, bagenzura kandi ku Nturo y’ambere n’iyakabiri, harimo kandi ko bareba na Kingi, ndetse n’utundi duce dukikije Sake, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Justin uherereye mu misozi ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Muri Axe ya Kibumba-Goma, niho haramukiye ibitero by’i huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nyuma y’uko k’u wa Kane, iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, baguye mu mutego wa M23 mu gihe bari bagabye igitero mu birindiro bigenzurwa na M23, birangira imirwano ifashe umunsi wose mu bice biri muri Grupema ya Buhumba no mutundi duce two muri Grupema ya Kibumba.

Iyo mirwano yabaye k’u wa Kane, yasize M23 yongeye kwigarurira ibindi bice byingenzi byo muri Axe ya Kibumba-Goma, nka Localite ya Rwibiranga, harimo ko yafashe n’agace ka Kanyamahoro, aha ni mu ntera y’ibirometre 19 n’u Mujyi wa Goma.

Ahagana isaha ya saambili n’igice n’ibwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero muri Axe ya Kibumba-Goma, nk’uko iy’inkuru yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Aho yagize ati: “ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zongeye kugaba ibitero mu baturage baturiye Kibumba, Mweso no mu nkengero zaho.”

Ay’amakuru kandi yemejwe n’u muhuza bikorwa wa M23 Benjamin Mbonimpa, aho yagize ati: “Muri Kibumba, Kanyamahoro, Mweso na Kanyangohe, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri iki Gitondo bahagabye ibitero biremereye.”

Yakomeje agira ati: “Drone CH-4 na Sukhoï-25 n’ibibunda bya BM, ntabwo biduteye ubwoba, turabikubita.”

Ibi bitero bigabwe mu gihe hari haramukiye agahenge ka mahoro.

N’ubwo hari ahavuzwe amahoro biravugwa ko impande zihanganye zirebana ayingwe mu bice byose ko ndetse hari urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mubice bya Bwerimana, ariko MCN ya bwiwe ko nta ntambara yabaye ko hubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zoba zikanze bakarasa ibisasu.

Nguko uko byifashe kuri none, i Masisi no muri teritware ya Nyiragongo.

Bruce Bahanda.

Tags: Haramukiye agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaM23MasisiNyiragongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya urugendo i Paris mu Bufaransa...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwokejwe i gitutu ngo binjire mu murongo w'ibiganiro nk'u muti wa mahoro arambye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?