• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwokejwe i gitutu ngo binjire mu murongo w’ibiganiro nk’u muti wa mahoro arambye.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, basohoye itangazo ry’amagana ibisasu biri kuraswa i Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya perezida Félix Tshisekedi yahaswe kuja mu ntambwe y’ibiganiro na M23 nk’u muti wo kugera ku mahoro arambye.

Ni Guverinoma y’u Bubiligi nayo yokeje igitutu ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo bemere kuganira n’u mutwe wa M23, uwo bagize igihe bahanganye mu ntambara imaze hafi imyaka irenga ibiri, ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

U Bubiligi bu binyujije muri minisiteri y’ubanye n’amahanga yayo, yasohoye itangazo ku mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki ya 09/02/2024, riburira leta ya Kinshasa ko ‘gukoresha ingufu za Gisirikare bitazakemura amakimbirane y’intambara bahanganyemo n’u mutwe wa M23.’

I tangazo rya minisiteri y’ubanye n’amahanga y’u Bubiligi, riha i Nama ubutegetsi bwa Guverinema ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko bareka imirwano bakaganira.

Rigira riti: “Igisubizo cyo gukemura amakimbirane ashingiye ku ntambara nti gisaba gukoresha imbaraga za gisirikare. Ni gombwa ko haba gukoresha diplomasi biciye mu biganiro, bityo hakwiye gusubukurwa ibiganiro ku rwego rwa karere.”

U Bubiligi kandi bwasabye ko intambara ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, y’aba ihagaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Igihugu cy’u Bwongereza nacyo kiri mu bihugu byasabye leta ya Kinshasa kureka imirwano bakinjira mu biganiro nabo bahanganye.

Bagize bati: “Turashigikira impande zihanganye kureka kurwana bakajya mu biganiro.”

Ninyuma y’uko kandi igihugu cya Israel giheruka gusaba RDC kureka guterana amagambo n’igihugu cy’u Rwanda, bagakoresha inzira y’ibiganiro.

Tu bibutse ko u Bufaransa buheruka gutangaza ko “buhangayikishijwe n’intambara ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC,” maze basaba ubutegetsi bwa Kinshasa kwinjira mu biganiro kugira bashake amahoro n’umutekano birambye.

Bruce Bahanda.

Tags: Bwo kejwe igitutuM23Nk'u muti wa mahoro arambyeUbutegetsi bwa RDCUmurongo w'ibiganiro

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, ntibacana uwaka na Wazalendo, i Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z'u muryango w'Abibumbye, MONUSCO, ntibacana uwaka na Wazalendo, i Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?