• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I mihana y’Abanyamulenge iri mu nkengero za komine ya Minembwe yagabwemo ibitero.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2025
in Regional Politics
0
Aramukiye i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo ahiriwe imirwano ku munsi w’ejo hashyize.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I mihana y’Abanyamulenge iri mu nkengero za komine ya Minembwe yagabwemo ibitero.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, rigizwe na FARDC, FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe.

Imihana bivugwa ko yagabwemo ibitero kuri uyu wa kane, tariki ya 13/03/2025, hari uwa Kivumu n’uwa Gipimo iherereye mu nkengero za komine ya Minembwe mu Marango.

Nk’uko aya makuru abivuga, ririya huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ryagabye ibyo bitero riturutse i Lulenge muri teritware ya Fizi, ahasanzwe ari mu bice bigenzurwa n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.

Nyuma y’aho izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta zigabye icyo gitero, Twirwaneho yahise yerekerayo kugira ngo itabare abo ihora irwanirira.

Mutebutsi uri muri ibyo bice yatubwiye ko biteguye gukubita umwanzi wabo agasubira iyo yaje aturuka.

Yagize ati: “Umwanzi yagabye igitoro ku Kivumu, ikindi akigaba ku Gipimo. Turabakubita nta wasi wasi, kandi barasubirayo batumva batabona.”

Mu mpera z’ukwezi gushize, nabwo umwanzi wabo b’Abanyamulenge yari yagabye ibitero muri ibyo bice, ariko birangira ahawe isomo n’uyu mutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kwabo.

Ibyumweru bitatu birashyize, uyu mutwe wa Twirwaneho wigaruriye umujyi wa Minembwe na Mikenke ndetse na Kamombo, iyirukanamo izi ngabo za Congo.

Nubwo iri huriro ry’ingabo za Congo rikomeje kugaba ibitero ku Banyamulenge, ariko bo bari mu byishimo byuko umutwe wa m23 wakandagije ibirenge byabo iwabo, kuko ubu abarwanyi b’uyu mutwe bari mu Rurambo mu misozi ya Uvira.

Aha’rejo nibwo aba barwanyi bageze i Gashama mu Rurambo, ndetse hari n’amashusho yashyizwe hanze agaragaza aba barwanyi bari kwakirwa na Twirwaneho yari muri ibi bice. Ku rundi ruhande, uwo bahanganye aracyagenzura i Ndondo ya Bijombo, i Cyohagati na Bibogobogo.

Tags: IbiteroIhuriro ry'ingabo za CongoMinembweTwirwaneho
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
M23 yigaruriye ikindi gice gikomeye cyo muri Kivu y’Amajyepfo.

M23 yigaruriye ikindi gice gikomeye cyo muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?