• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2025
in Regional Politics
0
I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Mu ntara ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, Abanyamulenge birukanwe mu mujyi basubizwa mu nkambi, bazira kuba umutwe wa M23 uri gukubita inshuro ingabo z’iki gihugu mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo aho zagiye gufasha iza Congo ku rwanya uwo mutwe wa M23.

Kuva mu mwaka w’i 1996, Abanyamulenge benshi bahungiye muri iki gihugu cy’u Burundi ni mu gihe bahungaga intambara zari iwabo muri Congo aho umutwe wa AFDL wari uyobowe na Laurent Desire Kabila warimo urwanya ubutegetsi bwa perezida Mobutu.

Bamwe muri aba Banyamulenge bari batuye mu mujyi wa Muyinga abandi mu makambi y’impunzi ya Gasogwe, Musasa n’ayandi, ndetse abandi batuye i Bujumbura mu murwa mukuru w’Ubukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Bigeze ku wa gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza, Leta y’u Burundi ibinyujije kuri minisitiri wayo w’umutekano imbere mu gihugu, Martin Niteretse, atanga itegeko ryo kwirukana Abanyamulenge mu mujyi wa Muyinga.

Umwe muri aba Banyamulenge birukanywe yabwiye Minembwe.com ati: “Twebwe Abanyamulenge umutekano byanze. Nkatwe twari dutuye mu mujyi wa Muyinga baduhambirije igitaraganya, batujyana mu nkambi ya Gasogwe.”

Uyu yavuze ko bazize kuba umutwe wa M23 ari benewabo, kandi ko uwo mutwe uri gukubita kubi ingabo z’iki gihugu cy’u Burundi zagiye gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) kurwanya uyu mutwe.

Ati: “Ngo ntibadushaka kandi benewacu batumariye abasirikare muri RDC.”

Imyaka itatu irashize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC kurwanya uyu mutwe wa M23, ariko ntacyo zihindura kuko uyu mutwe ukomeza kwigarurira ibice, ndetse mu Cyumweru gishize wambuye iki gisirikare cyishize hamwe ku wurwanya umujyi wa Goma.

Nyamara kandi ukaba ukomeje kwerekeza i Bukavu, aho umaze kwambura iri huriro ibice byinshi biri mu nkengero z’uyu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Uwavuganaga na Minembwe.com yagaragaje ko u Burundi kuri ubu bufite ubwoba ko uyu mutwe waca Tanzania ugatera iki gihugu cy’u Burundi, bikaba biri mu byatumye birukana ingo z’Abanyamulenge zirenga 40 mu mujyi wa Muyinga.

Intara ya Muyinga n’iyo iherereyemo igice gihuza umupaka n’igihugu cya Tanzania, icyo Abarundi batinya ko cyo turukamo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23.

Tags: M23Muyinga
Share68Tweet43Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.

Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya SADC na EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?