• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2025
in Regional Politics
0
I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.
170
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu ntara ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, Abanyamulenge birukanwe mu mujyi basubizwa mu nkambi, bazira kuba umutwe wa M23 uri gukubita inshuro ingabo z’iki gihugu mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo aho zagiye gufasha iza Congo ku rwanya uwo mutwe wa M23.

Kuva mu mwaka w’i 1996, Abanyamulenge benshi bahungiye muri iki gihugu cy’u Burundi ni mu gihe bahungaga intambara zari iwabo muri Congo aho umutwe wa AFDL wari uyobowe na Laurent Desire Kabila warimo urwanya ubutegetsi bwa perezida Mobutu.

Bamwe muri aba Banyamulenge bari batuye mu mujyi wa Muyinga abandi mu makambi y’impunzi ya Gasogwe, Musasa n’ayandi, ndetse abandi batuye i Bujumbura mu murwa mukuru w’Ubukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Bigeze ku wa gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza, Leta y’u Burundi ibinyujije kuri minisitiri wayo w’umutekano imbere mu gihugu, Martin Niteretse, atanga itegeko ryo kwirukana Abanyamulenge mu mujyi wa Muyinga.

Umwe muri aba Banyamulenge birukanywe yabwiye Minembwe.com ati: “Twebwe Abanyamulenge umutekano byanze. Nkatwe twari dutuye mu mujyi wa Muyinga baduhambirije igitaraganya, batujyana mu nkambi ya Gasogwe.”

Uyu yavuze ko bazize kuba umutwe wa M23 ari benewabo, kandi ko uwo mutwe uri gukubita kubi ingabo z’iki gihugu cy’u Burundi zagiye gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) kurwanya uyu mutwe.

Ati: “Ngo ntibadushaka kandi benewacu batumariye abasirikare muri RDC.”

Imyaka itatu irashize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC kurwanya uyu mutwe wa M23, ariko ntacyo zihindura kuko uyu mutwe ukomeza kwigarurira ibice, ndetse mu Cyumweru gishize wambuye iki gisirikare cyishize hamwe ku wurwanya umujyi wa Goma.

Nyamara kandi ukaba ukomeje kwerekeza i Bukavu, aho umaze kwambura iri huriro ibice byinshi biri mu nkengero z’uyu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Uwavuganaga na Minembwe.com yagaragaje ko u Burundi kuri ubu bufite ubwoba ko uyu mutwe waca Tanzania ugatera iki gihugu cy’u Burundi, bikaba biri mu byatumye birukana ingo z’Abanyamulenge zirenga 40 mu mujyi wa Muyinga.

Intara ya Muyinga n’iyo iherereyemo igice gihuza umupaka n’igihugu cya Tanzania, icyo Abarundi batinya ko cyo turukamo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23.

Tags: M23Muyinga
Share68Tweet43Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.

Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya SADC na EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?