• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2025
in Regional Politics
0
I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.
171
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Muyinga, Abanyamulenge birukanwe bazira M23.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Mu ntara ya Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, Abanyamulenge birukanwe mu mujyi basubizwa mu nkambi, bazira kuba umutwe wa M23 uri gukubita inshuro ingabo z’iki gihugu mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo aho zagiye gufasha iza Congo ku rwanya uwo mutwe wa M23.

Kuva mu mwaka w’i 1996, Abanyamulenge benshi bahungiye muri iki gihugu cy’u Burundi ni mu gihe bahungaga intambara zari iwabo muri Congo aho umutwe wa AFDL wari uyobowe na Laurent Desire Kabila warimo urwanya ubutegetsi bwa perezida Mobutu.

Bamwe muri aba Banyamulenge bari batuye mu mujyi wa Muyinga abandi mu makambi y’impunzi ya Gasogwe, Musasa n’ayandi, ndetse abandi batuye i Bujumbura mu murwa mukuru w’Ubukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Bigeze ku wa gatanu w’iki Cyumweru turimo dusoza, Leta y’u Burundi ibinyujije kuri minisitiri wayo w’umutekano imbere mu gihugu, Martin Niteretse, atanga itegeko ryo kwirukana Abanyamulenge mu mujyi wa Muyinga.

Umwe muri aba Banyamulenge birukanywe yabwiye Minembwe.com ati: “Twebwe Abanyamulenge umutekano byanze. Nkatwe twari dutuye mu mujyi wa Muyinga baduhambirije igitaraganya, batujyana mu nkambi ya Gasogwe.”

Uyu yavuze ko bazize kuba umutwe wa M23 ari benewabo, kandi ko uwo mutwe uri gukubita kubi ingabo z’iki gihugu cy’u Burundi zagiye gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) kurwanya uyu mutwe.

Ati: “Ngo ntibadushaka kandi benewacu batumariye abasirikare muri RDC.”

Imyaka itatu irashize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC kurwanya uyu mutwe wa M23, ariko ntacyo zihindura kuko uyu mutwe ukomeza kwigarurira ibice, ndetse mu Cyumweru gishize wambuye iki gisirikare cyishize hamwe ku wurwanya umujyi wa Goma.

Nyamara kandi ukaba ukomeje kwerekeza i Bukavu, aho umaze kwambura iri huriro ibice byinshi biri mu nkengero z’uyu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Uwavuganaga na Minembwe.com yagaragaje ko u Burundi kuri ubu bufite ubwoba ko uyu mutwe waca Tanzania ugatera iki gihugu cy’u Burundi, bikaba biri mu byatumye birukana ingo z’Abanyamulenge zirenga 40 mu mujyi wa Muyinga.

Intara ya Muyinga n’iyo iherereyemo igice gihuza umupaka n’igihugu cya Tanzania, icyo Abarundi batinya ko cyo turukamo abarwanyi b’uyu mutwe wa M23.

Tags: M23Muyinga
Share68Tweet43Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama ya EAC na SADC i Dar es Salaam muri Tanzania.

Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama ya SADC na EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?