Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

I Mwenga, barindwi barimo na Chef bishwe nabo bikekwa kwari Red-Tabara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 23, 2024
in History
0
I Mwenga, barindwi barimo na Chef bishwe nabo bikekwa kwari Red-Tabara.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Barindwi barimo na Chef bishwe nabo bikekwa kwari Red-Tabara.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abantu barindwi bo mu bwoko bw’Ababembe bo mu gace ka Kabeluka mu misozi ya teritware ya Mwenga, nibo bishwe barashwe n’abo bivugwa kwari Red-Tabara mu gihe Chef w’uwo muhana we yafashwe amatekwa, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Umuhana wa Kabeluka uherereye muri Grupema ya Basimunyaka, ahazwi nka Itombwe Forêt, muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minembwe Capital News yamenye ko aba baturage bo mu bwoko bw’Ababembe bishwe bazira ko baranze ibice abarwanyi ba Red Tabara baherereyemo.

Ni mu gihe abarwanyi bo muri uyu mutwe wa Red-Tabara bagize igihe bahigwa bukware n’ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC zisanzwe zikorana n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC. Mu Cyumweru gishize habaye imirwano ikaze yo kwirukana aba barwanyi muri Mibunda, aho bari barahungiye bava i Lulenge nyuma y’uko mu kwezi kwa 6 uyu mwaka habaye gusubiranamo hagati y’uyu mutwe wa Red-Tabara n’abarwanyi ba Maï Maï bari bamaranye imyaka irenga itanu bafatanya mu gusenyera Abanyamulenge.

Iyi mirwano byarangiye isenyaguye ibirindiro byose by’uyu mutwe byari mu bice byo mu Mibunda, ndetse aba barwanyi baza guhungira mw’ishyamba rya Rungurungu riherereye mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwaka gace ka Mibunda ko muri teritware ya Mwenga.

Sibyo gusa, kuko nyuma y’uko aba barwanyi bishe abo basivile 7 bakajana na Chef w’uwo muhana wa Kabeluka amatekwa, ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo za RDC bagabye igitero gikaze ku nyeshamba za Red-Tabara. Amakuru avuga ko kumunsi w’ejo hashize muri ibyo bice hiriwe imirwano ikomeye aho yatangiye isaha z’igitondo igeza isaha z’umugoroba wajoro.

Kimweho nubwo bivugwa ko imirwano ikaze, ariko ku mpande zombi kumenya abapfuye cyangwa abakomeretse biracyagoye kuko barwanira mu mashyamba.

Kugeza ubu impande zombi ziracyarebana ayingwe. Uruhande rwa Red-Tabara ruri mw’ishyamba rwagati rya Rungurungu naho ingabo z’u Burundi na FARDC bari mu nkengero ziryo shyamba ku misozi irihanamiye.

          MCN.
Tags: BarindwiBishweKabelukaRed-Tabara
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku bubi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.

Byinshi wa menya ku bubi bw'ikinyobwa cya Coca Cola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?