Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 24, 2024
in World News
0
I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Kenya hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ni Guverinoma ya Kenya yemeje ay’amakuru aho yanatanze umuburo ku baturage baturiye iki gihugu cya Kenya ko imvura iri kugwa ari ninshi ishobora guteza ibibazo byinshi.

Igitangaza makuru cya Daily Nation cyo mu gihugu cya Kenya cyo cyatangaje ko muri icyo gihugu hari kugwa imvura ninshi ko ndetse imaze guhitana abantu harimo ko yangirije ibirimo imirima n’amazu y’abaturage.

Cya natangaje kandi ko imvura iteganijwe kugwa ishobora kwiyongera kurushaho, bityo ikaba yazateza ibibazo byinshi hirya no hino muri iki gihugu.

Kivuga ko imvura ninshi yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishira kuri uyu wa Gatatu, yateye imyuzure yatumye abantu ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage bo mu murwa mukuru w’i Nairobi no mu nkengero zayo bava mu byabo, benshi muri bo bakaba basigaye badafite aho gukinga umusaya.

Mu byo ubutegetsi bw’iki gihugu bwongeye gutangaza n’uko iy’i mvura yangije ibikorwa remezo by’iki gihugu harimo imihanda ya gari ya moshi n’ibindi kuburyo hari serivisi nyinshi zafunze.

Umuryango utabara imbare, Croix Rouge, watangaje ko urimo gukora ibishoboka byose kugira ngo utange ubutabazi, aho urimo gufasha abaturage babavana mu mazi, bakanabaha ubutabazi bw’ibanze.

            MCN.
Tags: Byakuye abaturage benshi mu byaboIbizaNairobiUmwuzure
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?