• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 18, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2024
in World News
0
I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihugu cya Kenya hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

Ni Guverinoma ya Kenya yemeje ay’amakuru aho yanatanze umuburo ku baturage baturiye iki gihugu cya Kenya ko imvura iri kugwa ari ninshi ishobora guteza ibibazo byinshi.

READ ALSO

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Igitangaza makuru cya Daily Nation cyo mu gihugu cya Kenya cyo cyatangaje ko muri icyo gihugu hari kugwa imvura ninshi ko ndetse imaze guhitana abantu harimo ko yangirije ibirimo imirima n’amazu y’abaturage.

Cya natangaje kandi ko imvura iteganijwe kugwa ishobora kwiyongera kurushaho, bityo ikaba yazateza ibibazo byinshi hirya no hino muri iki gihugu.

Kivuga ko imvura ninshi yaguye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishira kuri uyu wa Gatatu, yateye imyuzure yatumye abantu ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage bo mu murwa mukuru w’i Nairobi no mu nkengero zayo bava mu byabo, benshi muri bo bakaba basigaye badafite aho gukinga umusaya.

Mu byo ubutegetsi bw’iki gihugu bwongeye gutangaza n’uko iy’i mvura yangije ibikorwa remezo by’iki gihugu harimo imihanda ya gari ya moshi n’ibindi kuburyo hari serivisi nyinshi zafunze.

Umuryango utabara imbare, Croix Rouge, watangaje ko urimo gukora ibishoboka byose kugira ngo utange ubutabazi, aho urimo gufasha abaturage babavana mu mazi, bakanabaha ubutabazi bw’ibanze.

            MCN.
Tags: Byakuye abaturage benshi mu byaboIbizaNairobiUmwuzure

Related Posts

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro
World News

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

September 17, 2026
Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Next Post
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?