• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Ngabo z’u Burundi, zabaga muri Kivu y’Epfo, zikomeje kwegera Umupaka w’u Rwanda na RDC.

minebwenews by minebwenews
October 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi bambariye kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 nimugihe abari muri Kivu y’Epfo bakomeje gushigwa ku mupaka uhuza RDC n’u Rwanda. Amakuru yemezwa nabamwe mubaturage baturiye ibice bya Kivu y’Epfo, avuga ko ziriya Ngabo z’u Burundi zikomeje kwegera Umupaka w’u Rwanda na RDC aho byemezwa ko aba basirikare bashizwe muri teritware ya Walungu, mugace ka Kamonyora gahana imbibi n’u Rwanda. Ahandi bashizwe nimugace ka Businga ndetse na Ngomo ifite imisozi y’injira mu Rwanda. Na none aya makuru akemeza kandi ko izindi Ngabo z’u Burundi zashizwe mugace ka mu Musho aha akaba ari kumazi ya Rusizi muri teritware ya Kabare naho hahana imbibi n’u Rwanda.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Hakaba hari z’indi Ngabo z’u Burundi zikomeje kujanwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hashingiwe ku masezerano ubutegetsi bw’iki gihugu bwagiranye n’ubwa Repubulika ya demukarasi ya Congo.

Tariki ya 8/09/2023 byavuzwe ko izi ngabo ziri mu ntara ya Kivu y’amajy’Epfo zahawe umwambaro (Uniform) wa FARDC, uwo zari zisanganwe usubizwa mu kigo cya gisirikare cya Gatumba. Icyari kigambiriwe ntabwo cyahise kimenyekana.

Radio Inzamba Agateka kawe iravuga ko yahawe amakuru n’abasirikare bavuga ko nyuma y’aho aba basirikare bakorera ku masezerano yitwa TAFOC, batayo ya 6 n’iya 7, bahinduriwe imwambaro, boherejwe kurwanya M23 muri Kivu y’Amajyaruguru.

Umusirikare uri muri batayo yoherejwe muri ubu butumwa yagize ati: “Abarundi bahinduriwe misiyo, bajyanwa i Goma gufasha Leta ya Congo kurwanya M23. Aba mbere bagiye bambaye sivili, aba kabiri bagenda bambaye imyambaro y’igihugu cya Congo.”

Bivugwa ko izi batayo zibiri zageze i Goma mu byumweru bibiri bishize. Indi ngo yagombaga kugera muri uyu mujyi tariki 30/9/ 2023.

Kuva amakuru yo guhindura umwambaro kw’ingabo z’u Burundi yavugwaga, ntacyo ubuvugizi bwacyo buravuga. Na Leta ubwayo ntacyo iravuga, gusa amarenga y’uko hari ibanga ibihugu byombi byaba bifitanye nimugihe ubwo ingabo zabwo ziri mu butumwa bwa EAC zatangaga agace ka Mushaki zari zarahawe na M23.

Amasezerano ya TAFOC yashyizweho umukono mu mwaka ushize. Ubusanzwe yari ay’ubufatanye mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Epfo. Izi mpinduka zose zibaye nyuma y’aya masezerano yavuguruwe ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye n’abayobozi bari bamuherekeje i Kinshasa kumurwa Mukuru w’igihugu ca RDC.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/10/2023.

Tags: I Ngabo z'u Burundi zikomeje kujanwa mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru ndetse no kwegera Umupaka w'u Rwanda na RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare w'ingenzi utazibagirana mukarere kose w'ishwe arashwe kuriyi tariki 02/10/1990, Major Gen Fred Gisa Rwigyema.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?