• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusirikare w’ingenzi utazibagirana mukarere kose w’ishwe arashwe kuriyi tariki 02/10/1990, Major Gen Fred Gisa Rwigyema.

minebwenews by minebwenews
October 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imyaka mirongw’itatu n’itatu(33), irashize umusirikare w’ingenzi mukarere ka Afrika y’iburasirazuba no muri Afrika muri rusange apfuye uwo ni Major Gen Fredy Gisa Rwigyema.

Afande Fredy Gisa Rwigyema yatabarutse tariki 02/10/1990, ninyuma gato amaze kwambuka k’ubutaka bw’u Rwanda ni mugihe yaraje kubohoza i Gihgugu c’u Rwanda cari kimaze igihe kinini kiberamo ubwicanyi bwakorerwaga abo mubwoko bw’Abatutsi. N’ubwicanyi amateka avuga ko bwatangiye gukorwa ahagana mu mwaka wa 1959 kugeza mu mwaka wa 1994. Ingoma yarihari icyogihe yarigizwe nabo mubwoko bwa Bahutu nibo bicaga Abatutsi.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Tariki 01/10/1990 Major Gen Fred Gisa Rwigyema n’ibwo yambutse na basirikare benshi baribagizwe ahanini nabo mubwoko bw’Abatutsi. Amaze kwambuka yahise y’ubaka Batayo zine(4) ibi akaba yarabikoze mw’ijoro ryo kw’itariki 01/10/1990, arinabwo RPF Inkotanyi yahise ivuka ku mugaragaro n’ubwo yarigize igihe ihari.

Amateka ahamya ko uyu musirikare w’ingenzi Fred Gisa Rwigyema yarwanye intambara ninshi muri Afrika harimo ko yarwanye muri Namibia, Tanzania ndetse na Uganda. Aha tuhabona i Photo yafashwe ahagana mu mwaka wa 1984 ubwo yari umusirikare mungabo za NRA(National Resistance Army) zarizoyobowe na perezida Yoweli Kaguta Museveni. Mu makuru Minembwe Capital News ifite nuko aha Rwigyema yari kumwe na Afande Jimy Muhwezi waje kubaho Minisitiri w’umutekano muri Uganda. Aha bakaba bari ahitwa Fort Port, Mukarere ka Kabarole iburengerazuba bwa Uganda.

Major Gen Fred Gisa Rwigyema, ni Umusirikare utazigera y’ibagirana mukarere kagize ibiyaga bigari ndetse nomuri Afrika yose.

Fred Gisa Rwigyema, yavutse tariki 10/04/1957, ababyeyi be baje guhunga bahungiye muri Uganda mu mwaka wa 1959 bahunze ubwicanyi abahutu barimo bica Abatutsi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/10/2023.

Tags: Fred Gisa RwigyemaRPF Inkotanyi

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Abasirikare bomuri Batayo ya Colonel Ekembe, baraye bishe barashe umusore w'Umunyamulenge Nduwayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?