• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 5, 2025
in Conflict & Security
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa gatanu tariki ya 05/09/2025, Wazalendo bari kurirasamo amasasu menshi, mu rwego rwo gutera ubwoba General Olivier Gasita kugira ngo ayivemo.

Aya masasu batangiye kuyarasa igihe c’isaha ya saa tatu n’igice ku masaha ya Minembwe na Bukavu, aho aya makuru agaragaza ko bari gukoresha imbunda nto ni nini, ndetse n’amakompla.

Minembwe Capital News twanamenye ko uduce ibyo birikuberamo, hari aka Mulongwe, Quartier Songo, Kavimvira, Kabindula, na Kasenga.

Umwe wavuganye natwe uri muri ibyo bice yatubwiye ko iwabo ibintu byifashe nabi cyane, yagize ati: “Urusaku rw’imbunda ni rwinshi hano mu mujyi wa Uvira. Amasasu ari kuwurasirwamo n’ayimbunda ziremereye n’izoroheje, ibintu byarushijeho kuzamba. Nahamagaye n’uwacu uri Kavimvira ambwira ko “na bo batazi ko baramuka, ngo kuko byabakomereye cyane.”

Uyu yanavuze ko Wazalendo bakoze iki gikorwa mu rwego rwo kugira ngo barusheho gutera ubwoba General Olivier Gasita, kuburyo byo muterera gusubira i Kindu mu ntara ya Maniema aho yaje aturuka.

Ku mwanywa yo kuri uyu wa gatanu, bakoze imyigaragambyo yo kumwamagana, bayikoreye mu bice byinshi byo muri uyu mujyi wa Uvira.

Ni imyigaragambyo bivugwa ko yarishigikiwe n’abayobozi bibanze bo muri ibyo bice, harimo na Meya w’uyu mujyi wa Uvira, ndetse n’abandi bakicyihishye.

Kwa magana Gasita byatangiye mbere yuko ahagera ku wa mbere w’iki cyumweru.

Bamushinja ubugambanyi no kuba ari Umunyamulenge, ariko bo bavuga ko ari Umunyarwanda.

Ibyo kwita Umunyamulenge Umunyarwanda, muri iki gihugu cya RDC byatangiye kera cyane nko mu mwaka wa 1964. Icyo gihe ni nacyo gihe Umunyamulenge yatangiye kwica muri iki gihugu azira ubwoko bwe n’isura ye.

Hari amagana y’Abanyamulenge yiciwe mu bice bitandukanye by’i Mulenge, abiciwe ku Gatongo, Kirumba, Kabera n’ahandi henshi.

Kugeza n’ubu Umunyamulenge aracyacurirwa bufuni na buhoro, kabone nubwo yaba ari umukozi ukorera mu kwaha ku butegetsi bw’i ki gihugu.

Tags: AmasasuGasitaUviraWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?