Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2025
in Conflict & Security
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

You might also like

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Imirwano ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa gatatu hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni imirwano amakuru avuga ko yabaye igihe cy’isaha zigitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 28/05/2025, aho hahanganye uruhande rwa Leta n’urwo mu mutwe wa M23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye mu gace ka Banamulema ko muri Grupema ya Kisimba muri teritware ya Walikale.

Aya makuru kandi avuga ko uru ruhande rwa Leta ko arirwo rwagabye iki gitero muri kariya gace ka Banamulema kagenzurwa n’uy’u mutwe wa M23 wagabweho icyo gitero.

Banamulema nk’uko bivugwa ni agace kari hagati ya Katobo na Mbukuru.

Bigasobanurwa ko iyi mirwano ko yarimo ikomeza gusatira n’utundi duce turimo Rusambu, nyuma y’aho abarwanirira ubutegetsi bw’iki gihugu bagenda bahunga, M23 na yo, igafata aho bahunze.

Mu cyumweru gishize ni bwo kandi muri ibyo bice habaye imirwano ikomeye, iya nasize uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritware, nka Kishonjia, Kilambo n’utundi twinshi.

Tags: ImirwanoLeta y'i KinshasaM23Walikale
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y'isinywa ry'amasezerano. Nyuma y'amasaha make gusa, Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, bishyize umukono...

Read moreDetails

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi. Umuyobozi w'urubyiruko rwo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yishwe arashwe na barwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bakorana byahafi...

Read moreDetails

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge. Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y'aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y'amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare...

Read moreDetails

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majywi y’abashaka kwica Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

I Kinshasa byakaze, undi mutegetsi ukomeye yashyizwe mu majwi y'abashaka kwica Tshisekedi. Vital Kamerhe uyoboye inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuzwe mu bantu bashakaga...

Read moreDetails

Avugwa ku ngabo za RDC zigikomeje guhunga, nyuma yo gukubitwa na Twirwaneho mu Rurambo.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Rurambo: Twirwaneho yakubise ahababaza ingabo z’u Burundi n’iza Congo, zikizwa n’amaguru.

Avugwa ku ngabo za RDC zigikomeje guhunga, nyuma yo gukubitwa na Twirwaneho mu Rurambo. Amakuru aturuka mu Rurambo ho mu misozi ya Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo,...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.

Igitero cya drones mu misozi y'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?