Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2025
in Conflict & Security
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

You might also like

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

Imirwano ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa gatatu hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni imirwano amakuru avuga ko yabaye igihe cy’isaha zigitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 28/05/2025, aho hahanganye uruhande rwa Leta n’urwo mu mutwe wa M23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye mu gace ka Banamulema ko muri Grupema ya Kisimba muri teritware ya Walikale.

Aya makuru kandi avuga ko uru ruhande rwa Leta ko arirwo rwagabye iki gitero muri kariya gace ka Banamulema kagenzurwa n’uy’u mutwe wa M23 wagabweho icyo gitero.

Banamulema nk’uko bivugwa ni agace kari hagati ya Katobo na Mbukuru.

Bigasobanurwa ko iyi mirwano ko yarimo ikomeza gusatira n’utundi duce turimo Rusambu, nyuma y’aho abarwanirira ubutegetsi bw’iki gihugu bagenda bahunga, M23 na yo, igafata aho bahunze.

Mu cyumweru gishize ni bwo kandi muri ibyo bice habaye imirwano ikomeye, iya nasize uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritware, nka Kishonjia, Kilambo n’utundi twinshi.

Tags: ImirwanoLeta y'i KinshasaM23Walikale
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails

Amakuru: Iby’igitero i Katana.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.

Amakuru: Iby'igitero i Katana. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gice cya Katana kimaze iminsi ibarirwa mu mezi atatu kigenzurwa n'umutwe wa M23,...

Read moreDetails

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa.

Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha i Kinshasa. Minisitiri w'u butabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yitabye ubushinjacyaha bumukurikiranyeho icyaha cyo kunyereza amafaranga yari agenewe kubaka gereza y'i Kisangani...

Read moreDetails

Amakuru mashya: Hagaragajwe icyabaye kuri Wazalendo mu Rurambo kiyicya intege.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Amakuru mashya: Hagaragajwe icyabaye kuri Wazalendo mu Rurambo kiyicya intege. Amakuru aturuka mu Rurambo ho mu misozi ya teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, agaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.

Igitero cya drones mu misozi y'i Mulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?