• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2025
in Conflict & Security
0
I Walikale habereye imirwano ikomeye.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Walikale habereye imirwano ikomeye.

You might also like

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Imirwano ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa gatatu hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni imirwano amakuru avuga ko yabaye igihe cy’isaha zigitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 28/05/2025, aho hahanganye uruhande rwa Leta n’urwo mu mutwe wa M23 ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye mu gace ka Banamulema ko muri Grupema ya Kisimba muri teritware ya Walikale.

Aya makuru kandi avuga ko uru ruhande rwa Leta ko arirwo rwagabye iki gitero muri kariya gace ka Banamulema kagenzurwa n’uy’u mutwe wa M23 wagabweho icyo gitero.

Banamulema nk’uko bivugwa ni agace kari hagati ya Katobo na Mbukuru.

Bigasobanurwa ko iyi mirwano ko yarimo ikomeza gusatira n’utundi duce turimo Rusambu, nyuma y’aho abarwanirira ubutegetsi bw’iki gihugu bagenda bahunga, M23 na yo, igafata aho bahunze.

Mu cyumweru gishize ni bwo kandi muri ibyo bice habaye imirwano ikomeye, iya nasize uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi two muri iyi teritware, nka Kishonjia, Kilambo n’utundi twinshi.

Tags: ImirwanoLeta y'i KinshasaM23Walikale
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC

Ibibazo by’Abimukira Baturutse muri Amerika Byahungabanyije Leta ya RDC Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Judith Suminwa, yahuye n’ikibazo gikomeye ubwo yasobanuraga uburyo igihugu cye...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro?

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro? Mu gihe umutekano muke ukomeje kuranga uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Igitero cya drones mu misozi y’i Mulenge.

Igitero cya drones mu misozi y'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?