• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n’ibyago byenda kuba mu karere.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2025
in Conflict & Security
0
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n’ibyago byenda kuba mu karere.

You might also like

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda kandi, agaragaza ko ari rwo ruteza umutekano muke mu karere k’ibiyaga bigari.

Ni ubwo yari i Kampala muri Uganda umusibo ejo ku wa gatanu, ubwo yari munama ya 12 yo ku rwego rwo hejuru y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere n’ubufatanye kuri RDC.

Ndayishimiye, muri iyo nama yaberaga i Kampala, yashimiye amahanga akomeje kwamagana M23 n’Ingabo z’u Rwanda izo yavuze ko ziri ku butaka bwa Congo.

Yagize ati: “Muri uyu mwanya, ndagira ngo nshimire umuryango mpuzamahanga wafashe umwanzuro wo kwamagana wivuye inyuma ibitero biyowe n’umutwe wa M23 muri Kivu y’Amajyepfo ubifashijwemo n’Ingabo z’u Rwanda, ndetse n’ifatwa ry’imijyi ya Goma na Bukavu.”

Yashimiye kandi ni nama zitandukanye zikorwa ku rwego rw’umuryango wa Afrika zamaganye ubwicanyi avuga ko M23 n’Ingabo z’u Rwanda zakoze muri Congo.

Maze nyuma, asaba abitabiriye iyi nama yarimo ibera i Kampala muri Uganda gushakira umuti igisubizo kirambye umutekano mu Burasizuba bwa Congo.

Yagize ati: “Intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo, imaze kugera ku gasongero kayo, ndetse nihatagira igikorwa vuba, izadukira n’ibindi bihugu byo mu karere ako n’u Burundi buherereyemo.”

Yaje gushimangira ibi avuga ko u Rwanda kuri ubu ruri gutoza imitwe yitwaje intwaro ikomoka mu mahanga, ngo kugira ngo ikomeze iteze umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo no mu karere.

Ati: “Imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasizuba bwa Congo, yaba iy’imbere mu gihugu no hanze y’iki gihugu, u Rwanda nirwo ruyiha imyitozo ya gisirikare. Amahirwe mfite ni uko mbabonye ngo mbagezeho iki kibazo giteje akarere umutekano muke, kandi uduce turi gufatwa buri munsi muri Kivu y’Amajyepfo.”

Ubundi kandi yavuze ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo ikomeje gutuma ubwiyongere bw’impunzi buba bwinshi mu Burundi no mu bindi bihugu.

Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda mu gihe mu minsi ishize yarushinje gushaka gutera igihugu cye ndetse agera naho avuga ko nawe yumva yajya mu ntambara na rwo.

Tags: BikomeyeNdayishimiyeU RwandaYibasiriye
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge

Igitero cya Drone ya FARDC mu Minembwe Cyibasiye Umuhana utuwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu gace ka Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni ubwoko bw’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails
Next Post
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?