• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n’ibyago byenda kuba mu karere.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2025
in Conflict & Security
0
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi byo ntibisanzwe, Ndayishimiye yibasiriye u Rwanda bikomeye, atangaza n’ibyago byenda kuba mu karere.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yashinje u Rwanda kandi, agaragaza ko ari rwo ruteza umutekano muke mu karere k’ibiyaga bigari.

READ ALSO

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

Ni ubwo yari i Kampala muri Uganda umusibo ejo ku wa gatanu, ubwo yari munama ya 12 yo ku rwego rwo hejuru y’urwego rw’ubugenzuzi bw’akarere n’ubufatanye kuri RDC.

Ndayishimiye, muri iyo nama yaberaga i Kampala, yashimiye amahanga akomeje kwamagana M23 n’Ingabo z’u Rwanda izo yavuze ko ziri ku butaka bwa Congo.

Yagize ati: “Muri uyu mwanya, ndagira ngo nshimire umuryango mpuzamahanga wafashe umwanzuro wo kwamagana wivuye inyuma ibitero biyowe n’umutwe wa M23 muri Kivu y’Amajyepfo ubifashijwemo n’Ingabo z’u Rwanda, ndetse n’ifatwa ry’imijyi ya Goma na Bukavu.”

Yashimiye kandi ni nama zitandukanye zikorwa ku rwego rw’umuryango wa Afrika zamaganye ubwicanyi avuga ko M23 n’Ingabo z’u Rwanda zakoze muri Congo.

Maze nyuma, asaba abitabiriye iyi nama yarimo ibera i Kampala muri Uganda gushakira umuti igisubizo kirambye umutekano mu Burasizuba bwa Congo.

Yagize ati: “Intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo, imaze kugera ku gasongero kayo, ndetse nihatagira igikorwa vuba, izadukira n’ibindi bihugu byo mu karere ako n’u Burundi buherereyemo.”

Yaje gushimangira ibi avuga ko u Rwanda kuri ubu ruri gutoza imitwe yitwaje intwaro ikomoka mu mahanga, ngo kugira ngo ikomeze iteze umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo no mu karere.

Ati: “Imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasizuba bwa Congo, yaba iy’imbere mu gihugu no hanze y’iki gihugu, u Rwanda nirwo ruyiha imyitozo ya gisirikare. Amahirwe mfite ni uko mbabonye ngo mbagezeho iki kibazo giteje akarere umutekano muke, kandi uduce turi gufatwa buri munsi muri Kivu y’Amajyepfo.”

Ubundi kandi yavuze ko intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo ikomeje gutuma ubwiyongere bw’impunzi buba bwinshi mu Burundi no mu bindi bihugu.

Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda mu gihe mu minsi ishize yarushinje gushaka gutera igihugu cye ndetse agera naho avuga ko nawe yumva yajya mu ntambara na rwo.

Tags: BikomeyeNdayishimiyeU RwandaYibasiriye

Related Posts

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Un Munyamulenge au service de l’État à Kinshasa présente ses condoléances aux Bafuliiru, mais ne mentionne ni le génocide commis contre les Banyamulenge ni le vol de leur bétail

September 12, 2026
Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa
Conflict & Security

Umunyamulenge ukora muri Leta y’i Kinshasa wihanganishije Abapfurero, ariko ntiyavuga Jenoside yakorewe Abanyamulenge ntiyanavuga inka zabo zimaze kunyagwa

September 12, 2026
Next Post
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?