Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 7, 2024
in Regional Politics
2
Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo  muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.
148
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC, byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Intumwa z’Abanyamulenge zo muri Shikama y’i Bukavu, zagejeje ibibazo by’ugarije ubwoko bwabo, by’umwihariko ibyo gufungwa n’ibindi bitandukanye, babigejeje kwa guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, nawe abizeza ko agiye kubikemura vuba.

N’intumwa zarimo bwana Jackson Sebikabu na mwami Zachee Muhamiriza n’abandi bagabo batandukanye bagize Shimaka y’i Bakavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Minembwe.com yamenye neza ko ku wa Kabiri tariki ya 06/11/2024, kwaribwo iyi delegation yageze mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho ari nawe wahise anabakira.

Ubwo iz’intumwa zarizimaze kwa kirwa na guverineri, zamugejejeho ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nazo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Burasirazuba bwacyo.

Inyandiko zashyizwe hanze na Shikama ubwayo, zivuga ko Abanyamulenge bafungirwa ubusa kandi ko ari nta kindi bazira usibye ubwoko bwabo. N’inyandiko kandi zinagaragaza ko uwafashe ijambo wa mbere muri aba Banyamulenge ari Sebikabu aho yaje kunganirwa na mwami Zachee Muhamiriza, mu gihe David Muganwa we, ubwo bari muri ibyo biganiro na guverineri yavuzemo n’ikibazo cy’umugabo w’umunyamulenge ufunzwe nabi mu Mikenke.

Nyuma guverineri nawe aza ku bizeza ko agiye gukurikirana iri hohoterwa rikorerwa Abanyamulenge, kandi ko icyo kibazo azakigeza kwa perezida wa Repubulika, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Sibyo gusa bwana guverineri yabijeje azabafasha, kuko yababwiye ko azigerera no mu Minembwe kugira ngo amenye neza ibibazo bihari.

Nanone kandi iyi delegation yanashimiye guverineri kuba yakiriye ibyifuzo byabo, ndetse baza no kumuha Inka yo ku mushimira.

Ibyo bikozwe mu gihe guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zayo, byari byongeye gufata indi ntera aho bafungwa umunsi ku wundi, ababafunga n’ingabo za FARDC. Igitangaje hafungwa ingeri zose, abasore, abagabo bakuze ndetse n’abasaza bari mu kigero cy’imyaka irihejuru ya 70.

Twavuga nk’umusaza w’imyaka 70 y’amavuko, witwa Zakayo uheruka gufungwa azira drone y’izi ngabo yaburiwe irengero, aho bamufunze iminsi igera ku 10 bamubwira ko Inka ze kwarizo zariye iriya drone.

Tags: AbanyamulengeGuverineriibibazoShikama
Share59Tweet37Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kamala watsinzwe amatora muri Amerika yagize icyo abivugaho.

Kamala watsinzwe amatora muri Amerika yagize icyo abivugaho.

Comments 2

  1. Fidèle says:
    9 months ago

    Habuze ubushake ariko ubundi ibibazo twagize birazwi

  2. Ensuent says:
    8 months ago

    priligy amazon canada Measuring autophagic activity using immunohistochemistry can be challenging often because it is difficult to differentiate between LC3 and LC3 II by IHC in tissue sections

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?