• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

minebwenews by minebwenews
November 7, 2024
in Regional Politics
2
Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo  muri RDC byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.
148
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo muri RDC, byagejejwe imbere y’abayobozi bo hejuru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Intumwa z’Abanyamulenge zo muri Shikama y’i Bukavu, zagejeje ibibazo by’ugarije ubwoko bwabo, by’umwihariko ibyo gufungwa n’ibindi bitandukanye, babigejeje kwa guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, nawe abizeza ko agiye kubikemura vuba.

N’intumwa zarimo bwana Jackson Sebikabu na mwami Zachee Muhamiriza n’abandi bagabo batandukanye bagize Shimaka y’i Bakavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Minembwe.com yamenye neza ko ku wa Kabiri tariki ya 06/11/2024, kwaribwo iyi delegation yageze mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho ari nawe wahise anabakira.

Ubwo iz’intumwa zarizimaze kwa kirwa na guverineri, zamugejejeho ibibazo by’ingutu Abanyamulenge bakomeje guhura nazo muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Burasirazuba bwacyo.

Inyandiko zashyizwe hanze na Shikama ubwayo, zivuga ko Abanyamulenge bafungirwa ubusa kandi ko ari nta kindi bazira usibye ubwoko bwabo. N’inyandiko kandi zinagaragaza ko uwafashe ijambo wa mbere muri aba Banyamulenge ari Sebikabu aho yaje kunganirwa na mwami Zachee Muhamiriza, mu gihe David Muganwa we, ubwo bari muri ibyo biganiro na guverineri yavuzemo n’ikibazo cy’umugabo w’umunyamulenge ufunzwe nabi mu Mikenke.

Nyuma guverineri nawe aza ku bizeza ko agiye gukurikirana iri hohoterwa rikorerwa Abanyamulenge, kandi ko icyo kibazo azakigeza kwa perezida wa Repubulika, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Sibyo gusa bwana guverineri yabijeje azabafasha, kuko yababwiye ko azigerera no mu Minembwe kugira ngo amenye neza ibibazo bihari.

Nanone kandi iyi delegation yanashimiye guverineri kuba yakiriye ibyifuzo byabo, ndetse baza no kumuha Inka yo ku mushimira.

Ibyo bikozwe mu gihe guhohotera Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zayo, byari byongeye gufata indi ntera aho bafungwa umunsi ku wundi, ababafunga n’ingabo za FARDC. Igitangaje hafungwa ingeri zose, abasore, abagabo bakuze ndetse n’abasaza bari mu kigero cy’imyaka irihejuru ya 70.

Twavuga nk’umusaza w’imyaka 70 y’amavuko, witwa Zakayo uheruka gufungwa azira drone y’izi ngabo yaburiwe irengero, aho bamufunze iminsi igera ku 10 bamubwira ko Inka ze kwarizo zariye iriya drone.

Tags: AbanyamulengeGuverineriibibazoShikama
Share59Tweet37Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Kamala watsinzwe amatora muri Amerika yagize icyo abivugaho.

Kamala watsinzwe amatora muri Amerika yagize icyo abivugaho.

Comments 2

  1. Fidèle says:
    1 year ago

    Habuze ubushake ariko ubundi ibibazo twagize birazwi

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    priligy amazon canada Measuring autophagic activity using immunohistochemistry can be challenging often because it is difficult to differentiate between LC3 and LC3 II by IHC in tissue sections

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?