• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibiganiro biheruka kubera Murudefu homu Rurambo, ngobyaba birimo gutanga umusaruro mwiza nimugihe abaturage batangiye kubona impinduka.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro biheruka kubera Murudefu homu Rurambo, ngobyaba birimo gutanga umusaruro mwiza.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 18.06.2023, saa 8:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mumpera zukwezi kwa gatanu uyumwaka, mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, habaye ibiganiro byahuje amoko yose aturiye ako karere ndetse n’a bashinzwe umutekano babashe kubyitabira.

Nibiganiro byari byategujwe nabatware ba Rurambo, mubyingenzi bizemo harimo ko abantu bongera kubaka aka gace maze aba Pfulero nab’Abembe babuzwa kongera kwiba nokunyaga Inka z’Abanyalulenge.

Nyuma yibi biganiro habanjye gucamo iciswe ko ari ukutunvikana hagati y’Ingabo za Barundi ziri mubutumwa muri Kivu yamajy’Epfo, bw’ibihugu bibiri ( 2), Kinshasa n’a Bujumbura. Aba basirikare bakaba batandukanye nabingabo za EAC bari muri Kivu y’Amajyaruguru. Nimugihe aba basirikare ba Barundi bari bahaye Abaturage B’irwanaho amasaha 48 yo kuba bavuye ahitwa Bijojwe, ibi byaje kurangira ntantambara ibaye ahubwo bunvikana amahoro hagati yabo kuko abaturage b’Irwanaho bari mu Bijojwe kunyungu zabaturage.

Kuruyumunsi abaturage baturiye akarere ka Rurambo, bakaba batangiye gukandagira mumahoro ava mubiganiro biheruka kubera Murudefu. Ibi biganiro byahuje amako yose ahaturiye ndetse nabashinzwe umutekano, nimugihe batangiye Ingendo ziva mu Rurambo bagana Indondo ya Bijombo.

Izingendo barimo kuzikora bashoreye Inka, ibi bikaba bitari bisanzwe kuva intambara zaduka hagati yimitwe ya Mai Mai irwanya abo mubwoko bw’Abatutsi mu misozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajy’Epfo.

Kuruyu wamungu, Inka ninshi zagiye zirahuruka ku Murambya ho muri groupement ya Bijombo,zabo mubwoko bwab’Anyamulenge, zivuye muturere twa Rurambo.

Ikindi nuko Abaturage ba Rurambo batangiye guhinga bisanzuye, bakaba bemeje kandi ko abaturage bagomba kubaka ico bise amasite(Cities). City yambere ikazubakwa ahitwa Bibangwa, iyakabiri ikazaja Bijojwe ndetse yo ikazikora no mu marungu.

Tags: BijojweBijomboImpindukaRuramboUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Abaturage amagana namagana bongeye guhunga mubice bya Masisi nimugihe intambara yo ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 nihuriro ryimitwe ishigikiwe n'a Guverinema ya Congo.

Comments 1

  1. Bruce Bahanda says:
    2 years ago

    Asandi ko Imulenge barimo kubaka amasiti.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?