• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage amagana namagana bongeye guhunga mubice bya Masisi nimugihe intambara yo ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 nihuriro ryimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage mubice bya Masisi bongeye guhunga kubwinshi nimugihe aka karere kongeye kuba mo intambara ikaze hagati y’inyeshamba za M23 nimitwe yitwaje intwaro ishigikiwe n’a leta ya Kinshasa.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 19.06.2023, saa 4:25Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuri iki cyumweru, tariki ya 18.06.2023, muri groupement ya Tongo homuri teritware ya Rutshuru , akaba ari muntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aka gace abaturage benshi amagana namagana bagahungiyemo bava mubice birimo kuberamo intambara byomuri Bushuli nibindi bice birimunkengero yaho ninyuma yuko intambara yongeye gusubukura kuruyu wakane nokuwagatandatu wiki cyumweru dusoje.

N’intambara ihuza M23 nihuriro ryimitwe y’inyeshamba ishigikiwe n’a leta ya Republika ya Democrasi ya Congo.

Kuruyu wa gatandatu ushize tariki ya 17.06.2023, imirwano ikaze yahuje umutwe wa M23 niyimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo Kinshasa, iyo mirwano yabahurije ku musozi wa Bishigiro, mumuhana neza wa Bushuli, aha akaba ari muri teritware ya Masisi. Iyimirwano byaje kurangira M23 yigaruriye aka gace kose.

Nk’uko bamwe mu baturage babwiye Minembwe Capital News, bahamije ko abaturage muribyo bice bahunze kubwinshi kugeza kumugoroba wokuriki cyumweru aho bavuga ko muriyo mirwano ngobunvaga “Ibisasu biturika cyane by’intwaro zamizinga ndetse nimbunda nto.”

Indi mirwano, yari muruhande rwagace ka localité ya Kirumbu, homuri teritware ya Masisi. Localite ya Kibumbu akaba ariho hari mubirindiro bikuru byumutwe witwara Gisirikare wa Wazalendo, ariko nkuko tubikesha bamwe mubaturage baho bemereye Minembwe Capital News ko Kibumba nayo yamaze kwigarurirwa n’inyeshamba zomumutwe wa M23.

M23, ikaba ihanganye n’itsinda ryimitwe y’inyeshamba harimo CMC, Nyatura Wazalendo, FDLR ndetse na Wagner babazungu bavuye mu Burusiya. Imitwe irwanya M23 ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

Mwiki gitondo cyo ku wambere amakuru amaze kumenyekana nuko iyimirwano yongeye gusubukura ikaba irimo kubera mubice bya Mubambiro, aka gace ka Mubambiro nagace kari munkengero zumujyi wa Sake .

Abari hafi aho bahamya ko harimo kumvikana imbunda zikomeye, impande zihanganye akaba ari M23 nihuriro ry’ingabo zimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

Amakuru ateremezwa nuko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), ko zoba zamaze kwinjira muriyo mirwano gusa umuvugizi w’igisirikare ca FARDC mumujyi wa Goma, aheruka gutangaza ko barimo gukurikirana intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 nihuriro ryimitwe ishigikiwe n’a Guverinema ya Congo.

Aho uwo muvugizi w’igisirikare ca FARDC, Lt Col Ndjiko Kaiko yemereye itangaza makuru ko batazakomeza kurebera kwahubwo konabo bagiye kurwanya inyeshamba zomumutwe wa M23.

Tags: abaturage amagana namagana bongeye guhungaIhuriro ryimitwe ishigikiwe n'a Guverinema ya CongoIntambaraM23Masisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Etat de Siège, yemejwe ko igomba gusubukura ibikorwa mugihe umujyi wa Sake wo wugarijwe n'Intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?