• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Amakuru ava mu Minembwe avuga ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 07/12/2024, habaye ibiganiro byahuje komanda Secteur n’abachefs bagize aka karere, maze bivugwamo ko Colonel Jean Pierre Lwamba ureba brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Madegu, kwari we uteje umutekano muke mu Minembwe no mu nkengero zayo.

N’ibiganiro byayobowe na Komanda Secteur, by’itabirwa n’abatware bayoboye ama-Localite agize akarere ka Minembwe, n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Minembwe. Byabereye neza muri centre ya Minembwe.

Muri ibyo biganiro abachefs babwiye komanda Secteur wageze muri aka gace ahar’ejo ku bw’ikibazo cy’umutekano muke uharangwa, ko uterwa n’abasirikare ba FARDC.

Icyumweru cyari gishize centre ya Minembwe, ari nayo soko nkuru abaturage bahahiragamo, izengurutswe n’abasirikare. Bivugwa ko nta mu sivili wari ukiyinjiramo ngwabe yagira icyo ayiguramo cyangwa ngo ahahe. Ibi bikaba byari bihangayikishije abaturage benshi baturiye ahanini imihana iri hafi n’iyi centre; iyo ni nka i Lundu, Kiziba, Runundu, Mishashu, Gitavi n’ahandi.

FARDC yafunze iyi centre nyuma y’igitero yari yagabye mu baturage ba Kalingi tariki ya 28/11/2024. Ni igitero cyaguyemo abasivile bane, harimo ko cyangije n’ibikorwa remezo, ibirimo amashuri y’isumbuye ya Kibati aherereye nahagabwe icyo gitero, bikarangira ibisasu byaraswaga n’ingabo za Leta bisenye zimwe mu nyubako zayo.

Minembwe.com yamenye neza ko muri iki kiganiro abachefs bagiranye na komanda Secteur, uruhande rw’abachefs rwashinje Col.Jean Pierre Lwamba n’ingabo ze, guteza imvurururu n’amacakubira hagati y’abasirikare n’abaturage. Uruhande rw’ingabo narwo rurabanyomoza ndetse narwo ruvuga ko Abanyamulenge aribo bakunze ku bashotora.

Mu byo abachefs bashinjaga Col. Jean Pierre Lwamba, harimo kuba yarashize uburinzi muri Nyarujoka, ingabo ze kugaba igitero mu Kalingi no kuba yaratanze itegeko abasirikare bafunga centre ya Minembwe. Ndetse kandi bagaragaza ko uyu Colonel ubwo yageraga mu Minembwe yasanze hari amahoro, ariko kubwe arabura.

Ibi byaje kuzamo impaka, ibyanatumye komanda Secteur asubika iki kiganiro atangaza ko kizongera gusubukurwa mu Cyumweru gitaha.

Komanda Secteur kandi yavuze ko ateganya kuja mu Mikenke, kugira ngo naho akurikirane iby’umutekano waho.

Hagati aho, umutekano muri Minembwe usa nuwagarutse, ni mu gihe centre ya Minembwe yongeye kugendwa, kuko ubu abaturage bari kuyigeramo bakagura ibyo bashaka.

Tags: FardcImpakaMinembwe
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC bashizemo agatege mu kurwanya Tshisekedi.

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi muri RDC bashizemo agatege mu kurwanya Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?