• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro byahuje komanda Secteur n’Abachefs mu Minembwe, byabayemo impaka.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Amakuru ava mu Minembwe avuga ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 07/12/2024, habaye ibiganiro byahuje komanda Secteur n’abachefs bagize aka karere, maze bivugwamo ko Colonel Jean Pierre Lwamba ureba brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Madegu, kwari we uteje umutekano muke mu Minembwe no mu nkengero zayo.

N’ibiganiro byayobowe na Komanda Secteur, by’itabirwa n’abatware bayoboye ama-Localite agize akarere ka Minembwe, n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Minembwe. Byabereye neza muri centre ya Minembwe.

Muri ibyo biganiro abachefs babwiye komanda Secteur wageze muri aka gace ahar’ejo ku bw’ikibazo cy’umutekano muke uharangwa, ko uterwa n’abasirikare ba FARDC.

Icyumweru cyari gishize centre ya Minembwe, ari nayo soko nkuru abaturage bahahiragamo, izengurutswe n’abasirikare. Bivugwa ko nta mu sivili wari ukiyinjiramo ngwabe yagira icyo ayiguramo cyangwa ngo ahahe. Ibi bikaba byari bihangayikishije abaturage benshi baturiye ahanini imihana iri hafi n’iyi centre; iyo ni nka i Lundu, Kiziba, Runundu, Mishashu, Gitavi n’ahandi.

FARDC yafunze iyi centre nyuma y’igitero yari yagabye mu baturage ba Kalingi tariki ya 28/11/2024. Ni igitero cyaguyemo abasivile bane, harimo ko cyangije n’ibikorwa remezo, ibirimo amashuri y’isumbuye ya Kibati aherereye nahagabwe icyo gitero, bikarangira ibisasu byaraswaga n’ingabo za Leta bisenye zimwe mu nyubako zayo.

Minembwe.com yamenye neza ko muri iki kiganiro abachefs bagiranye na komanda Secteur, uruhande rw’abachefs rwashinje Col.Jean Pierre Lwamba n’ingabo ze, guteza imvurururu n’amacakubira hagati y’abasirikare n’abaturage. Uruhande rw’ingabo narwo rurabanyomoza ndetse narwo ruvuga ko Abanyamulenge aribo bakunze ku bashotora.

Mu byo abachefs bashinjaga Col. Jean Pierre Lwamba, harimo kuba yarashize uburinzi muri Nyarujoka, ingabo ze kugaba igitero mu Kalingi no kuba yaratanze itegeko abasirikare bafunga centre ya Minembwe. Ndetse kandi bagaragaza ko uyu Colonel ubwo yageraga mu Minembwe yasanze hari amahoro, ariko kubwe arabura.

Ibi byaje kuzamo impaka, ibyanatumye komanda Secteur asubika iki kiganiro atangaza ko kizongera gusubukurwa mu Cyumweru gitaha.

Komanda Secteur kandi yavuze ko ateganya kuja mu Mikenke, kugira ngo naho akurikirane iby’umutekano waho.

Hagati aho, umutekano muri Minembwe usa nuwagarutse, ni mu gihe centre ya Minembwe yongeye kugendwa, kuko ubu abaturage bari kuyigeramo bakagura ibyo bashaka.

Tags: FardcImpakaMinembwe
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC bashizemo agatege mu kurwanya Tshisekedi.

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi muri RDC bashizemo agatege mu kurwanya Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?