• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibigezweho ku mirwano hagati ya FARDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibigezweho ku mirwano hagati ya FARDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Nyuma y’imirwano ikomeye yahuzaga ihuriro ry’Ingabo za Congo n’umutwe wa M23, yasize uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Sake uri mu birometero nka 27 uvuye mu mujyirwagati wa Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amasoko yacu avuga ko uru rugamba rwasize m23 ifashe umujyi wa Sake, rwatangiye mu masaha y’igicuku cy’iki gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 23/01/2025.

Nk’uko bivugwa urugamba rwavuye mu misozi yunamiye centre ya Sake aho abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bari bamaze iminsi bari garuriye ruratibuka neza hasi mu mujyirwagati ahari ikibaya.

Aya makuru akavuga ko habaye uguturika kw’ibibunda binini n’ibito, bityo ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zikuramo akabo karenge, ubundi M23 yigarurira umujyi wose n’inkengero zayo.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza ririya huriro ry’ingabo za RDC, rigizwe na FARDC, ingabo z’u Burundi, MONUSCO, FDLR na Wazalendo barimo kwiruka bava muri uwo mujyi. Nk’uko ayo mashusho abigaragaza bahungaga bagana i Goma mu mujyi.

Ifatwa rya Sake ryatumye ibintu bihinduka i Goma ni mu gihe ingabo z’umuryango wa SADC n’iza MONUSCO zatangaje ko zatangiye kwimura ibirindiro byazo byari muri uyu mujyi. Iz’i ngabo zisobanura ko zirimo ku byimura kubera umutekano muke.

Byanatumye bamwe mu bategetsi b’iki gihugu banenga ingabo z’iyo miryango, uwa SADC n’umuryango w’Abibumbye; umwe mu badepite uri Goma watorewe muri teritware ya Masisi yagize ati: “SADC mbona nta kamaro kayo muri iyi ntambara turimo. MONUSCO yo rwose twasabye kuva kera ko ituvira mu gihugu, ni bagende.”

Kimwecyo mu itangazo rigenewe Abanyamakuru, umutwe wa M23 washyize hanze imenyesha ko uyu mutwe wa M23 nta makimbirane ufitanye na SAMIDRC ndetse na MONUSCO, bityo ko bakwiye kwigumira aho bari, ariko bakitandukanya n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Tags: FardcGomaM23Sake
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y'uko bafashe Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?