Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibigezweho ku mirwano hagati ya FARDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 23, 2025
in Regional Politics
0
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibigezweho ku mirwano hagati ya FARDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nyuma y’imirwano ikomeye yahuzaga ihuriro ry’Ingabo za Congo n’umutwe wa M23, yasize uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Sake uri mu birometero nka 27 uvuye mu mujyirwagati wa Goma mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amasoko yacu avuga ko uru rugamba rwasize m23 ifashe umujyi wa Sake, rwatangiye mu masaha y’igicuku cy’iki gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 23/01/2025.

Nk’uko bivugwa urugamba rwavuye mu misozi yunamiye centre ya Sake aho abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bari bamaze iminsi bari garuriye ruratibuka neza hasi mu mujyirwagati ahari ikibaya.

Aya makuru akavuga ko habaye uguturika kw’ibibunda binini n’ibito, bityo ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zikuramo akabo karenge, ubundi M23 yigarurira umujyi wose n’inkengero zayo.

Amashusho yagiye hanze, agaragaza ririya huriro ry’ingabo za RDC, rigizwe na FARDC, ingabo z’u Burundi, MONUSCO, FDLR na Wazalendo barimo kwiruka bava muri uwo mujyi. Nk’uko ayo mashusho abigaragaza bahungaga bagana i Goma mu mujyi.

Ifatwa rya Sake ryatumye ibintu bihinduka i Goma ni mu gihe ingabo z’umuryango wa SADC n’iza MONUSCO zatangaje ko zatangiye kwimura ibirindiro byazo byari muri uyu mujyi. Iz’i ngabo zisobanura ko zirimo ku byimura kubera umutekano muke.

Byanatumye bamwe mu bategetsi b’iki gihugu banenga ingabo z’iyo miryango, uwa SADC n’umuryango w’Abibumbye; umwe mu badepite uri Goma watorewe muri teritware ya Masisi yagize ati: “SADC mbona nta kamaro kayo muri iyi ntambara turimo. MONUSCO yo rwose twasabye kuva kera ko ituvira mu gihugu, ni bagende.”

Kimwecyo mu itangazo rigenewe Abanyamakuru, umutwe wa M23 washyize hanze imenyesha ko uyu mutwe wa M23 nta makimbirane ufitanye na SAMIDRC ndetse na MONUSCO, bityo ko bakwiye kwigumira aho bari, ariko bakitandukanya n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Tags: FardcGomaM23Sake
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y'uko bafashe Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?