• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y’uko bafashe Sake.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya byingenzi ku mijyi m23 yigaruriye muri Kivu y’Epfo.
116
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nangaa yatangaje iki giye gukurikira nyuma y’uko bafashe Sake.

You might also like

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

Perezida w’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, AFC, Corneille Nangaa, yatangaje ko intambara barimo igifite intego yo gukuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bw’i Kinshasa.

Nangaa yatanze ubu butumwa mu gihe umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya AFC wamaze kuzenguruka umujyi wa Goma, ukaba kandi wafashe na centre ya Sake uri mu birometero bike n’uriya mujyi wa Goma.

Uyu muyobozi mukuru muri AFC yavuze ko abarwanyi babo badahanganye n’ingabo za RDC ngo kuko ari Abanye-kongo benewabo, hubwo ko bahanganye n’ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR, bo bakigaragara ko bafite imbaraga.

Yagize ati: “Ntabwo turi kurwanya abasirikare ba Congo. Ni Abanye-kongo nkatwe. Abanzi bacu, bafite imbaraga, ni Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Yasobanuye ko nubwo ingabo ziri mu butumwa by’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) n’iz’u muryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC ziri kubarwanya, na zo atari umwanzi wabo.

Umuganga ukorera muri Bukavu yagaragaje ko mu gihe cyavuba, M23 ishobora gufata uyu mujyi uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuko ubutegetsi bw’iki gihugu budashyize umutima kuri iyi ntambara, nubwo bubeshya abaturage ko bakwiye kubwizera.

Ati: “Leta iri kugerageza guhumuriza abaturage ariko ntabwo bakiyizera . Abaturage bakomeje kunenga Félix Tshisekedi. Bagereranya perezida wacu ujya kureba umukino w’umupira w’amaguru mu gihe umujyi wa Masisi wafashwe na Zelensky wo muri Ukraine utita kubibera mu gihugu cye.”

Nangaa yasobanuye ko Koko ingabo zabo zifite umugambi wo gufata Congo yose, bagakuraho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gusenya ibikorwa remezo bigize iki gihugu cyabo.

Yavuze ko ari Abanyekongo bashoye intambara kuri leta y’iki gihugu kubera ko itubahiriza inshingano ifite ku Banye-Kongo, igakora ibidakwiye.

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, yafashe indi ntera mu gihe Tshisekedi akicyinangiye ku ganira n’uyu mutwe wa M23 uwo yita umutwe w’iterabwoba.

Hagataho, umutekano mu mujyi wa Goma na Bukavu urakemangwa, ni mu gihe abasirikare barinze iyo mijyi bamaze gucika intege, aho binakekwa ko bamwe batangiye guhunga berekeza mu bihugu by’ibituranyi, nku Rwanda, Uganda n’ahandi.

Tags: AFCGomaM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails

Bwa Mbere, Apostle Sosthène Avuze Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014 Mu Burundi

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Bwa Mbere, Apostle Sosthène Avuze Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014 Mu Burundi

Apostle Sosthène Avuze Bwa Mbere Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014: Pasitori Mbayahaga Yagarutsweho Mu Birego Bikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS Nyuma y'imyaka hafi 12 ishize yirukanywe mu Burundi, Umuyobozi...

Read moreDetails

Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by’Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by’Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo

Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by'Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kwitegura ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y'uko ihinduye isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?