Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bigera muri 34 byiteguye kwinjira mu muryango wa BRICS muri uy’u mwaka w’ 2024.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bihugu byo muri Afrika, u Burayi, n’ibyo muri Azia, bikiri munzira ya majyambere biteganya kwinjira mu muryango wa BRICS, nk’uko bya tangajwe n’uyu muryango, ubwo barimo bategura i Nama iteganijwe kuba mu kwezi kwa Cumi, uy’u mwaka, ikazabera mu karere ka Kazan, ko mu gihugu cy’u Burusiya.

Iyo Nama itaganijwe kuba izaba igira iya 16, byavuzwe ko izavugirwamo ibyifuzo bishya bizaba bivuye mu bihugu byiteguye kwinjira muri BRICS.

Umuryango wa BRICS, uhuriyemo n’ibihugu nka Brezile, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa, Afrika y’Epfo, Misiri, Etiyopiya, Irani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Buhinde S. jaishankar yemeje iy’i nkuru avuga ko ibihugu 34 ko byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS , kandi ashimangira ko bashaka ku winjiramo muri uy’u mwaka.

S. Jaishankar, avuga ko iterambere ryerekana ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byizera ubumwe kandi ko byifuza kwitandukanya n’idolari ry’Amerika. Umwenda wa tiriyari 34 z’amaforali ni umutwaro ukomeye ku bihugu bikiri munzira y’amajyambere bifite miliyari y’amadolari y’Amerika mu bubiko.

Kubera iyo mpamvu minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, akomeza avuga ko ibyo biri mu bituma ibihugu bikiri munzira y’amajyambere byinjira mu muryango wa BRICS mu rwego rwo kugira ngo bigabanye ingaruka z’u mwenda.

Yagize ati: “Twageragaje umwaka ushize ku isoko, tubaza umubare w’ibihugu byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS, tubona ibigera kuri 34; ikigaragara n’uko ibihugu 30 bimaze kumenya agaciro ko kuba muri uy’u muryango. Hagomba kubaho ikintu cyiza kuribyo. Niba ihuriro rya BRICS rishishikariza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere gukora ubucuruzi mu mafaranga y’abo akaba ariyo bashira imbere, amadolari y’Amerika niyo azaba agiye kubihomberamo.”

Uy’u munyacubahiro yakomeje avuga ko “inyungu zo kwinjira mu muryango wa BRICS zigenda ziyongera umunsi k’umunsi, kandi ko uyu muryango nawo ushize imbere guhindura no kumara agaciro k’idolari ry’Amerika.

    MCN.
Tags: Bigiye ku injira muri uy'u muryangoBikiri munzira y'amajyambereBRICSIbihugu bigera 34
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y’agaciro, muribyo bice.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y'agaciro, muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?