• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bigera muri 34 byiteguye kwinjira mu muryango wa BRICS muri uy’u mwaka w’ 2024.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bihugu byo muri Afrika, u Burayi, n’ibyo muri Azia, bikiri munzira ya majyambere biteganya kwinjira mu muryango wa BRICS, nk’uko bya tangajwe n’uyu muryango, ubwo barimo bategura i Nama iteganijwe kuba mu kwezi kwa Cumi, uy’u mwaka, ikazabera mu karere ka Kazan, ko mu gihugu cy’u Burusiya.

Iyo Nama itaganijwe kuba izaba igira iya 16, byavuzwe ko izavugirwamo ibyifuzo bishya bizaba bivuye mu bihugu byiteguye kwinjira muri BRICS.

Umuryango wa BRICS, uhuriyemo n’ibihugu nka Brezile, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa, Afrika y’Epfo, Misiri, Etiyopiya, Irani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Buhinde S. jaishankar yemeje iy’i nkuru avuga ko ibihugu 34 ko byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS , kandi ashimangira ko bashaka ku winjiramo muri uy’u mwaka.

S. Jaishankar, avuga ko iterambere ryerekana ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byizera ubumwe kandi ko byifuza kwitandukanya n’idolari ry’Amerika. Umwenda wa tiriyari 34 z’amaforali ni umutwaro ukomeye ku bihugu bikiri munzira y’amajyambere bifite miliyari y’amadolari y’Amerika mu bubiko.

Kubera iyo mpamvu minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, akomeza avuga ko ibyo biri mu bituma ibihugu bikiri munzira y’amajyambere byinjira mu muryango wa BRICS mu rwego rwo kugira ngo bigabanye ingaruka z’u mwenda.

Yagize ati: “Twageragaje umwaka ushize ku isoko, tubaza umubare w’ibihugu byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS, tubona ibigera kuri 34; ikigaragara n’uko ibihugu 30 bimaze kumenya agaciro ko kuba muri uy’u muryango. Hagomba kubaho ikintu cyiza kuribyo. Niba ihuriro rya BRICS rishishikariza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere gukora ubucuruzi mu mafaranga y’abo akaba ariyo bashira imbere, amadolari y’Amerika niyo azaba agiye kubihomberamo.”

Uy’u munyacubahiro yakomeje avuga ko “inyungu zo kwinjira mu muryango wa BRICS zigenda ziyongera umunsi k’umunsi, kandi ko uyu muryango nawo ushize imbere guhindura no kumara agaciro k’idolari ry’Amerika.

    MCN.
Tags: Bigiye ku injira muri uy'u muryangoBikiri munzira y'amajyambereBRICSIbihugu bigera 34
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y’agaciro, muribyo bice.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y'agaciro, muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?