• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bigera muri 34 byiteguye kwinjira mu muryango wa BRICS muri uy’u mwaka w’ 2024.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni bihugu byo muri Afrika, u Burayi, n’ibyo muri Azia, bikiri munzira ya majyambere biteganya kwinjira mu muryango wa BRICS, nk’uko bya tangajwe n’uyu muryango, ubwo barimo bategura i Nama iteganijwe kuba mu kwezi kwa Cumi, uy’u mwaka, ikazabera mu karere ka Kazan, ko mu gihugu cy’u Burusiya.

Iyo Nama itaganijwe kuba izaba igira iya 16, byavuzwe ko izavugirwamo ibyifuzo bishya bizaba bivuye mu bihugu byiteguye kwinjira muri BRICS.

Umuryango wa BRICS, uhuriyemo n’ibihugu nka Brezile, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa, Afrika y’Epfo, Misiri, Etiyopiya, Irani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Buhinde S. jaishankar yemeje iy’i nkuru avuga ko ibihugu 34 ko byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS , kandi ashimangira ko bashaka ku winjiramo muri uy’u mwaka.

S. Jaishankar, avuga ko iterambere ryerekana ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byizera ubumwe kandi ko byifuza kwitandukanya n’idolari ry’Amerika. Umwenda wa tiriyari 34 z’amaforali ni umutwaro ukomeye ku bihugu bikiri munzira y’amajyambere bifite miliyari y’amadolari y’Amerika mu bubiko.

Kubera iyo mpamvu minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, akomeza avuga ko ibyo biri mu bituma ibihugu bikiri munzira y’amajyambere byinjira mu muryango wa BRICS mu rwego rwo kugira ngo bigabanye ingaruka z’u mwenda.

Yagize ati: “Twageragaje umwaka ushize ku isoko, tubaza umubare w’ibihugu byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS, tubona ibigera kuri 34; ikigaragara n’uko ibihugu 30 bimaze kumenya agaciro ko kuba muri uy’u muryango. Hagomba kubaho ikintu cyiza kuribyo. Niba ihuriro rya BRICS rishishikariza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere gukora ubucuruzi mu mafaranga y’abo akaba ariyo bashira imbere, amadolari y’Amerika niyo azaba agiye kubihomberamo.”

Uy’u munyacubahiro yakomeje avuga ko “inyungu zo kwinjira mu muryango wa BRICS zigenda ziyongera umunsi k’umunsi, kandi ko uyu muryango nawo ushize imbere guhindura no kumara agaciro k’idolari ry’Amerika.

    MCN.
Tags: Bigiye ku injira muri uy'u muryangoBikiri munzira y'amajyambereBRICSIbihugu bigera 34
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y’agaciro, muribyo bice.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y'agaciro, muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?