• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bigera kuri 34, n’ibyo bigiye kwinjira mu muryango wa BRICS, muri uy’u mwaka w’2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bigera muri 34 byiteguye kwinjira mu muryango wa BRICS muri uy’u mwaka w’ 2024.

You might also like

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Ni bihugu byo muri Afrika, u Burayi, n’ibyo muri Azia, bikiri munzira ya majyambere biteganya kwinjira mu muryango wa BRICS, nk’uko bya tangajwe n’uyu muryango, ubwo barimo bategura i Nama iteganijwe kuba mu kwezi kwa Cumi, uy’u mwaka, ikazabera mu karere ka Kazan, ko mu gihugu cy’u Burusiya.

Iyo Nama itaganijwe kuba izaba igira iya 16, byavuzwe ko izavugirwamo ibyifuzo bishya bizaba bivuye mu bihugu byiteguye kwinjira muri BRICS.

Umuryango wa BRICS, uhuriyemo n’ibihugu nka Brezile, u Burusiya, u Buhinde, u Bushinwa, Afrika y’Epfo, Misiri, Etiyopiya, Irani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Buhinde S. jaishankar yemeje iy’i nkuru avuga ko ibihugu 34 ko byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS , kandi ashimangira ko bashaka ku winjiramo muri uy’u mwaka.

S. Jaishankar, avuga ko iterambere ryerekana ko ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byizera ubumwe kandi ko byifuza kwitandukanya n’idolari ry’Amerika. Umwenda wa tiriyari 34 z’amaforali ni umutwaro ukomeye ku bihugu bikiri munzira y’amajyambere bifite miliyari y’amadolari y’Amerika mu bubiko.

Kubera iyo mpamvu minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, akomeza avuga ko ibyo biri mu bituma ibihugu bikiri munzira y’amajyambere byinjira mu muryango wa BRICS mu rwego rwo kugira ngo bigabanye ingaruka z’u mwenda.

Yagize ati: “Twageragaje umwaka ushize ku isoko, tubaza umubare w’ibihugu byifuza kwinjira mu muryango wa BRICS, tubona ibigera kuri 34; ikigaragara n’uko ibihugu 30 bimaze kumenya agaciro ko kuba muri uy’u muryango. Hagomba kubaho ikintu cyiza kuribyo. Niba ihuriro rya BRICS rishishikariza ibihugu bikiri munzira y’amajyambere gukora ubucuruzi mu mafaranga y’abo akaba ariyo bashira imbere, amadolari y’Amerika niyo azaba agiye kubihomberamo.”

Uy’u munyacubahiro yakomeje avuga ko “inyungu zo kwinjira mu muryango wa BRICS zigenda ziyongera umunsi k’umunsi, kandi ko uyu muryango nawo ushize imbere guhindura no kumara agaciro k’idolari ry’Amerika.

    MCN.
Tags: Bigiye ku injira muri uy'u muryangoBikiri munzira y'amajyambereBRICSIbihugu bigera 34
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y’agaciro, muribyo bice.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC, abarimo abayobozi mu ngabo za FARDC, ngo babyungukiyemo mu gusahura amabuye y'agaciro, muribyo bice.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?