• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.

minebwenews by minebwenews
September 7, 2024
in Regional Politics
0
Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu bitatu byahuriye mu nama y’umutekano i Kigali.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni abayobozi bo mu bihugu bihuriye mu muryango wa NCIP(Northern Corridor Integration Projects) aribyo u Rwanda, Kenya na Uganda bahuriye i Kigali mu Rwanda mu nama igamije gusuzuma ibyagezweho no kureba imishinga ihuriweho mu rwego rwo kurinda umutekano mu bihugu bigize uyu muryango.

Iy’inama n’iyiminsi ibiri aho yatangiye tariki ya 05/09/2024, yanarebeye hamwe ubufatanye mu bwirinzi mu rwego rw’amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare ibi bihugu kwari bitatu byamaze gushyiraho umukono.

Aya masezerano akubiyemo ubufatanye mu gukumira amakimbirane, ku yacunga no kuyakemura, gukumira genocide, kurwanya iterabwaba, kurwanya no guhashya ba rushimusi, ibikorwa byo gushyigikira amahoro, kugabanya ingaruka z’ibiza no kubicunga, guhangana n’ibibazo, kugenzura ikwirakwizwa ry’intwaro nto n’izitemewe n’amategeko, kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka , gukusanya no gusangira amakuru ku iterabwaba rigaragara kandi rihari.

Uhagarariye u Rwanda muri iyi nama, Brig Gen Celestin Kanyamahanga, umunyamabanga uhoraho wa minisiteri y’ingabo, yashimangiye akamaro k’iyi nama avuga ko igaragaza imbogamizi n’intsinzi byagaragaye mu ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo byafashwe mbere.

Yasabye abitabiriye iyi nama kugira uruhare rugaragara mu biganiro byifashisha ubumenyi mu gukemura uburyo rusange bugamije inyungu z’ibihugu bigize uyu muryango.

Abitabiriye bongeye gushimangira ko ari ngombwa gukomeza ubufatanye mu bijanye n’ingabo, cyane cyane mu myitozo ya gisirikare, imyitozo ihuriweho n’ibikorwa bya gisirikare, gusangira amakuru, ubushakashatsi no guteza imbere inganda zijyanye n’igisirikare.

           MCN.
Tags: KenyaRwandaUganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Amasasu yumvikanye mu ijoro mu Minembwe, hamenyekanye impamvu yayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?