• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in Religion
0
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

You might also like

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Umuhanuzi w’Imana akaba n’Umushumba muri rimwe mu matorero y’Abanyamulenge aherereye i Mbarara muri Uganda, Sodoki Kavoma, yavuze ko mbere yuko amasezerano yose yuzura ajyane n’ibyo Imana yasezeranyije abaturage bo mu Burasizuba bwa Congo, hazabanza kuba agahenge.

Bikubiye mu butumwa bwanditse Kavoma yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho yagize ati: “Agahenge kazabanziriza kuzura kwa masezerano Imana yatanze ku gihugu cyacu.”

Nk’uko uyu muhanuzi uzwi cyane mu Burasizuba bwa Congo, ahanini cyane cyane mu Banyamulenge, yagaragaje ko agahenge kazaba, kazaba kameze nka ‘kayagirizo,’ ariko ko leta y’i Kinshasa izakomeza kwinangira, kandi ko kwinangira kwayo aribyo bizihutisha ibyo Imana yavuze.

Ati: “Agahenge kazakomoka mu masezerano y’ubwumvikane hagati y’impande zihanganye, ariko uriya mugabo azakomeza kwinangira. Kandi kwinangira kwe nibyo bizatuma ahasiga ubuzima.”

Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko nyuma y’uwo buvuga ko azahasiga ubuzima, abantu bazatangira gusubira iwabo aho bahoze batuye, bubakirwe kandi ngo bagire agaciro, ndetse kandi ngo n’abasirikare bazazamurwa mu ntera. Ariko ngo ibyo bizaba mukanya gato, maze ngo inkundura ibe.

Ubu bukaba ari ubuhanuzi buje bwiyongera ku bundi yari yatanze mbere yubu, nabwo bwavugaga ko mbere yuko mu Burasizuba bagera ku mahoro arambye, bizabanzirizwa n’urusaku ruzaba i Kinshasa, kandi ko urwo rusaku ruzanasiga ruhitanye ubuzima bw’umuyobozi ukomeye muri RDC.

Bwanavugaga ko nyuma yaruriya rusaku hazakurikiraho intambara ikomeye izabera ku mushashya, aho ni mu Kibaya cya Rusizi, Uvira n’umuhanda wa Uvira-Baraka.

Kavoma yagaragaje ko Imana yamuhishuriye ko nyuma y’ibyo byose hazakurikiraho kwikukira kw’i ntara.

Nyamara kandi yavuze ko mu rusaku ruzabera i Kinshasa ruzatuma haba ingaruka mbi ku muntu wese uvuga ururimi rw’ikinyarwanda uzaba ari kure yo mu Burasizuba bw’iki gihugu, mbese uzaba ari mu zindi ntara zigize iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini i Kinshasa n’ahandi.

Hagataho, ubu buhanuzi buje mu gihe u Burundi bushinjwa guha imbunda Wazalendo no kwambutsa imbonerakure i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kugira ngo bahungabanye umutekano muri iki gice.

Aya makuru akaba yarashizwe hanze n’ubuyobozi bwa AFC/M23.

Ubundi kandi ni mu gihe mu cyumweru gishize habaye imirwano ikomeye hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Congo mu misozi yo muri teritware ya Fizi na Uvira n’ahandi nka za Walungu.

Tags: AgahengeU Burasirazuba bwa RDCUbuhanuzi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails

RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

RDC:Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe. Amani ministries iyobowe na Bishop Faustin Rwakabuba, yahurije Abanye-Congo bo mu moko atandukanye mu giterane kigamije kubigisha "kubana bose mu mahoro...

Read moreDetails

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye. Abantu benshi burya buri munsi bararota, abandi nabo bibwira ko batarota ariko sibyo, bararota ahubwo...

Read moreDetails
Next Post
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.

I "Uvira tugize ikibazo," ubutumwa butanzwe n'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?