• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2025
in Religion
0
Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bitari byavuzwe mu buhanuzi buvuga kuri RDC.

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Umuhanuzi w’Imana akaba n’Umushumba muri rimwe mu matorero y’Abanyamulenge aherereye i Mbarara muri Uganda, Sodoki Kavoma, yavuze ko mbere yuko amasezerano yose yuzura ajyane n’ibyo Imana yasezeranyije abaturage bo mu Burasizuba bwa Congo, hazabanza kuba agahenge.

Bikubiye mu butumwa bwanditse Kavoma yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho yagize ati: “Agahenge kazabanziriza kuzura kwa masezerano Imana yatanze ku gihugu cyacu.”

Nk’uko uyu muhanuzi uzwi cyane mu Burasizuba bwa Congo, ahanini cyane cyane mu Banyamulenge, yagaragaje ko agahenge kazaba, kazaba kameze nka ‘kayagirizo,’ ariko ko leta y’i Kinshasa izakomeza kwinangira, kandi ko kwinangira kwayo aribyo bizihutisha ibyo Imana yavuze.

Ati: “Agahenge kazakomoka mu masezerano y’ubwumvikane hagati y’impande zihanganye, ariko uriya mugabo azakomeza kwinangira. Kandi kwinangira kwe nibyo bizatuma ahasiga ubuzima.”

Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko nyuma y’uwo buvuga ko azahasiga ubuzima, abantu bazatangira gusubira iwabo aho bahoze batuye, bubakirwe kandi ngo bagire agaciro, ndetse kandi ngo n’abasirikare bazazamurwa mu ntera. Ariko ngo ibyo bizaba mukanya gato, maze ngo inkundura ibe.

Ubu bukaba ari ubuhanuzi buje bwiyongera ku bundi yari yatanze mbere yubu, nabwo bwavugaga ko mbere yuko mu Burasizuba bagera ku mahoro arambye, bizabanzirizwa n’urusaku ruzaba i Kinshasa, kandi ko urwo rusaku ruzanasiga ruhitanye ubuzima bw’umuyobozi ukomeye muri RDC.

Bwanavugaga ko nyuma yaruriya rusaku hazakurikiraho intambara ikomeye izabera ku mushashya, aho ni mu Kibaya cya Rusizi, Uvira n’umuhanda wa Uvira-Baraka.

Kavoma yagaragaje ko Imana yamuhishuriye ko nyuma y’ibyo byose hazakurikiraho kwikukira kw’i ntara.

Nyamara kandi yavuze ko mu rusaku ruzabera i Kinshasa ruzatuma haba ingaruka mbi ku muntu wese uvuga ururimi rw’ikinyarwanda uzaba ari kure yo mu Burasizuba bw’iki gihugu, mbese uzaba ari mu zindi ntara zigize iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini i Kinshasa n’ahandi.

Hagataho, ubu buhanuzi buje mu gihe u Burundi bushinjwa guha imbunda Wazalendo no kwambutsa imbonerakure i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kugira ngo bahungabanye umutekano muri iki gice.

Aya makuru akaba yarashizwe hanze n’ubuyobozi bwa AFC/M23.

Ubundi kandi ni mu gihe mu cyumweru gishize habaye imirwano ikomeye hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Congo mu misozi yo muri teritware ya Fizi na Uvira n’ahandi nka za Walungu.

Tags: AgahengeU Burasirazuba bwa RDCUbuhanuzi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.

I "Uvira tugize ikibazo," ubutumwa butanzwe n'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?