• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi by’imbitse ku kiganiro perezida Félix Tshisekedi yaraye akoze, hamwe asa n’uwivuguriza ahandi avuga ko ari intungane.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi by’imbitse ku kiganiro perezida Félix Tshisekedi yaraye akoze, hamwe asa n’uwivuguriza ahandi avuga ko ari intungane.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi by’imbitse mu kiganiro Perezida Félix Tshisekedi yaraye akoze mu ijoro ryo k’uwa Kane, tariki ya 22/02/2024.

You might also like

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

Iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yagikoranye na banyamakuru i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ikiganiro kibaye nicyambere kuva arahiriye ko ngera kuyobora RDC muri manda ye, ya Kabiri.

Tshisekedi yavuze ko i Nama aheruka guhurira na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, bahurira i Addis Ababa muri Ethiopa, ko yari i Nama yateguwe na perezida João Lourenço wa Angola, ayitegura nk’u muhuza wa genwe n’umuryango w’u bumwe bwa Afrika, Tshisekedi avuga ko iyo Nama ko “ntacyo yagezeho.”

Yongeraho ko perezida Lourenço yateguye indi Nama izaba itandukanye niyo yabaye i Addis Ababa, ikazaba iyo guhura na none n’aba bategetsi bombi ariko buri wese bakazahura ukwe, avuga ko ndetse iwe nibigenda neza azajya i Luanda k’uwa Kabiri wicyumweru gitaha.

Muri iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yabajijwe impamvu adashobora kuganira na M23, maze ahera mu myaka ya 2019 avuga ko uburyo uwo mutwe wari waraneshejwe mu mwaka w ‘ 2012 ko wongeye ukwisuganya ugaruwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, mu gihe ngo leta ya Kinshasa yo yari imaze igihe ikora ibikorwa byo gucyura mu Rwanda abarwanyi b’u mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Yagize ati: “Niyo mpamvu ntashobora kuganira na M23. K’umvikana cyangwa ibiganiro ndabishaka, ariko ndabishaka n’u Rwanda k’uko nirwo rushotora, naranabivuze mu Nama i Addis Ababa mbwira Kagame ubwe nti “Niwewe nshaka kubona imbere yanjye mu biganiro kugira ngo mubaze ngo ‘ni iki mushaka ku gihugu cyanjye n’abantu banjye?’ kuki mukomeza iteka kwica abo dusangiye igihugu no gusahura imitungo y’igihugu cyanjye?”

Kinshasa ishinja Kigali gufasha M23, ariko kandi Kigali nayo ishinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Perezida Félix Tshisekedi muri iki kiganiro hamwe yasaga nushaka amahoro ahandi bigasa nibyanze.

Haraho yagize ati: “Niteguye kuba mpagaritse ubukana bwanjye bw’intambara.”

Ku kibazo cy’ihuriro AFC rifatanya n’u mutwe wa M23, yagize ati: “nzahita nkoranya inteko nshinga mategeko imitwe yombi ntangaze intambara k’u Rwanda.”

Hari n’ubwo yigeze ku bivuga arimo kw’iyamamaza yagize ati: “Maze kubona imikorere ya perezida Paul Kagame, nara mubwiye nti ‘njyewe nawe birarangiye . Tuzongera kuvuganira gusa imbere y’Imana iducira urubanza.”

Iki kiganiro yaraye akoze mu ijoro avuga ibitandukanye nibyambere, yagize ati: “Njyewe intambara ntabwo nayitojwe, njyewe nzi amahoro, nzi iterambere, nzi ubuvandimwe, nzi ubufatanye aho niho nibona, si mu ntambara. Ariko ntibivuze ko uyidushakaho atazayibona, nushaka intambara tuzayirwana.”

Abajijwe kubyo yatangaje ubwo yarimo yiyamaza atangaza intambara k’u Rwanda, yasubije avuga ati: “Uko ibintu byifashe uyu munsi, nababwira ko ndi umuntu w’imbere ubirebera hafi ntibinyemerera gushira mu bikorwa ibyo navuze.”

Avuga ko ubu atakora ibyo yari yavuze, ko ubu hari “imihate ihagije ituma gutanga amahoro ari icyemezo cy’u bwenge kurusha mu mwanya w’intambara.”

Iki kiganiro perezida Félix Tshisekedi yagikoze mugihe intambara irushijeho guca ibintu mu Burasirazuba bwa RDC, abantu ba barirwa mu bihumbi bamaze guta izabo bava muri teritware ya Masisi Rutsuru na Nyiragongo. Naho u Mujyi wa Goma uzengurutswe n’ingabo za Gen Sultan Makenga.

            MCN.
Tags: Ari vuguruzaIkiganiro cya perezidaIntunganeTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka

Ese Wari Uzi ko Afurika Yigeze Kuba Umugabane Ukize Kurusha Indi ku Isi?Amateka, Ishema n’Inzira yo Kongera Kwiyubaka Ese wari uzi ko mu bihe bya kera cyane, Afurika...

Read moreDetails

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage?

RDC: Kobaliti Ishobora Gute Guhindura Isoko Mpuzamahanga no Guteza Imbere Abaturage? Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), igihugu gifite igice kinini cya kobaliti ikoreshwa ku rwego rw’isi yose,...

Read moreDetails

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC

U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Tshisekedi Gutangiza Ibiganiro by’Amahoro, nk’Inzira y’Amahoro Arambye muri RDC U Bufaransa n’u Bubiligi byasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix...

Read moreDetails

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni Inyandiko z’iperereza zatangiye kujya ahagaragara mu myaka ishize zerekanye isura ikomeye...

Read moreDetails

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara Ibibazo bya Zaïre byongeye kwigaragaza mu Karere k’Ibiyaga Bigari, noneho bigaragarira i Bujumbura, aho u Burundi busa n’uburi gusubiramo...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.

Nyuma y'uko perezida w'u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?