• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Nyuma y’uko perezida w’u Rwanda aganiriye na mugenzi we Salva Kiir, mu karere hitezwe amahoro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, baganiriye ku bibazo by’u garije akarere, harimo n’u mutekano muke w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ibiganiro kandi bya nitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), Pater Mathuki. Aba bayobozi bunguranye ibitekerezo ku kamaro ko gukemura impamvu shingiro z’u mutekano muke mu bihugu bigize uy’u muryango.

Ibi biganiro kandi byagarutse no kundangagaciro z’u bunyamuryango no kubazwa inshingano mu mikorere y’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Salva Kiir, bya baye kuri uyu wa Kane, tariki ya 22/02/2024, hari igihe c’isaha z’umugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ay’amakuru yemejwe n’itangazo perezidansi y’u Rwanda yashize hanze mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 23/02/2024.

Ni itangazo rigira riti: “Muri uy’u mugoroba muri Urugwiro Village, perezida Kagame yagiranye i biganiro na Chairperson w’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, n’itsinda rye ririmo Dr. Peter Mathuki, umunyamabanga mukuru wa EAC.”

Iryo tangazo ry’Urugwiro Village, rikomeza rivuga riti: “Baganiriye ku kamaro ko gushakira hamwe umuti w’intandaro by’u mutekano mucye mu karere, ndetse no gukomeza kubahiriza ihame ryo kwihuriza hamwe no kubazwa inshingano bigomba kwimakazwa mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba.”

Biteganijwe ko kandi perezida Salva Kiir Mayardit nyuma yo kuganira na perezida w’u Rwanda, yerekeza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaza kubonana na perezida w’icyo gihugu Félix Tshisekedi Tshilombo, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya RDC yabitangaje ubwo yari mu kiganiro na banyamakuru i Kinshasa, kuri uyu wa Kane.

Tu bibutsa ko perezida Félix Tshisekedi wari usanzwe ari rimba intambara, kuri ubu bidasanzwe ya yobotse inzira ya mahoro, aho yivugiye wenyine ko yemeye kuyoboka inzira y’ibiganiro, ndetse ko ubu harimo inzira zirimo gukorwa n’umuryango wa EAC, ko kandi ategereje kwa kira Salva Kiir uyoboye uwo muryango, avuga ko amwakira avuye i Kigali, nyuma ngwa zakomereza n’i Burundi kuganira na perezida Evariste Ndayishimiye.

Nta kindi kirimo kugendererwa ni ugushakira akarere amahoro n’umutekano, ni mu gihe M23 yari maze gufata ibice byinshi kandi byingenzi, byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Ibi bice M23 ya byambuye ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo n’Ingabo zaje gufasha igisirikare cy’iki gihugu, nk’i zi Burundi, iza SADC, zirimo izavuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

               MCN.
Tags: Aganiriye na Salva KiirMukarere hitezwe amahoroNyuma y'uko perezida w'u Rwanda Paul Kagame
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Umuvugizi wa yamaganye itangazo mpimbano ryi yitirira uwo mutwe, rikomeje gukwirakwiza mu binyamakuru bitandukanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?