• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wa menya ku biganiro byahuje u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo mu birwa by’i Zanzibar.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wa menya ku biganiro byahuje u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo mu birwa by’i Zanzibar.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi wa menya ku biganiro byahuje u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo mu birwa by’i Zanzibar.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Mu gitondo cy’ejo hashize tariki ya 07/07/2024, abategetsi ba RDC n’u Rwanda, bahuriye mu birwa bya Zanzibar ho mu gihugu cya Tanzania baganira ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’ungirije wa RDC, Gracia Yamba Kazadi, niwe wari uyoboye intumwa z’iki gihugu mu gihe iz’u Rwanda zo zari ziyobowe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wayo, bwana Olivier Duhungirehe aho yari kumwe na Gen James Kabarebe n’abandi banyacyubahiro batandukanye.

Byitabiriwe kandi n’abaminisitiri barimo uwa Uganda w’ubanye n’amahanga, uwa Tanzania, uwa Sudan y’Epfo n’umunyamabanga mukuru w’umuryango wa EAC.

Nk’uko bigaragara mu makuru iriya nama yageneye itangaza makuru, ku ngingo yizweho y’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC, inama yemeje ko “impande zishyamiranye mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bigomba gutekana kandi hagakorwa ibishoboka byose kugira ngo amahoro arambye abashye kuboneka.”

Ibi byaje gushimangirwa n’ubutumwa minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Duhungirehe yashize hanze akoresheje x, agira ati: “Inama yabaye mu buryo bwubaka kandi bushingiye ku bisubizo byo kugera ku mahoro arambye. Abaminisitiri baturutse mu bihugu bibiri bituranye, kandi mu biganiro bagaragaje ubushake bushimangira ko bashaka amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni muri urwo rwego hafashwe imyanzuro yogukomeza ibiganiro bya Luanda na Nairobi.”

Iyi nama yabaye mu gihe Amerika yasabye ko haba agahenge hagati y’abarwanyi ba M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Congo, aka gahenge katangiye isaha ya saa sita z’ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 05/07/2024.

Menya ko iyi nama yabereye mu yindi, y’abaminisitiri b’ubanye n’amahanga bo mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EAC) aho bari i Zanzibar. Biteganijwe ko imara iminsi itatu.

Hagati aho intambara irakomeje mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 .

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, cy’ejo hashize iri huriro ry’ingabo za RDC ryagabye ibitero mu birindiro bya M23 biherereye i Kirumba no mu bindi bice byo muri teritware ya Lubero.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko M23 yasubije inyuma ibyo bitero kandi yambura ririya huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa ibikoresho byinshi by’agisirikare, birimo n’imbunda ziremereye, nk’uko amasoko yacu abivuga.

          MCN.
Tags: Ibindi wa menya ku biganiroU Rwanda na CongoZanzibar
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe cya gahenge, FARDC n’abambari bayo bagabye ibitero mu birindiro bya M23 n’ahatuwe n’abaturage.

Mu gihe cya gahenge, FARDC n'abambari bayo bagabye ibitero mu birindiro bya M23 n'ahatuwe n'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?