Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Senateri Francine Muyumba, yavuze ko abagize ishyaka rya UDPS, bakwiye gusaba imbabazi uwahoze ari perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange n’urugo rwe, ni mugihe avugako ba mushinja kuba ari umunyarwanda.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi Farncine Muyumba, ya bigaragaje, mugihe Joseph Kabila Kabange, yari ya murikikiye abarimu igitabo, kiza mufasha gusoza icyicyiro, cy’ikirenga cya Kaminuza i Johnnesburg, muri Afrika y’Epfo.

Igitabo cya Joseph Kabila, gikora ku ngingo ihishura uburyo Afrika ikomeje kurwanirwa na Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya.

Bya vuzwe ko kiriya gitabo Joseph Kabila Kabange, yakimurikiye abarimu, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024. Ki kaba kizwi nka defanse mu mashuri makuru na za Kaminuza.

N’igitabo yise ‘Geapolitical Turn: Usa-China-Russia Rivarly and Implications for Africa,’ ki garagaza uburyo umugabane w’Afrika ugenda wiyegerezwa n’ibi Bihugu kuko biyibonamo amahirwe akomeye.

Nk’uko bigaragara Joseph Kabila Kabange, yagiye ku murika kiriya gitabo amaze kwi yo gosheha ibyo bakunze kwita ‘Igipara,’ arinaho Senateri Francine Muyumba, yahereyeko ashiraho photo ya Laurent Desire Kabila ayigerekaho iya Joseph Kabila Kabange, agira ati: “Imyaka 20 irashize abantu bo mu i shyaka rya UDPS ba beshe abaturage ba Congo ko Kabila atari umwana wa Mzee Laurent Desire Kabira, ati ni umunyarwanda. Uy’u munsi bakwiye gusaba Joseph Kabila imbabazi ndetse bakazisaba n’umuryango we.”

Yakomeje agira ati: “Urabona uburyo Joseph asa na papa we!”

Francine Muyumba, yasoje ashimira Joseph Kabila, kuba ageze kuntambwe ishimishije yo kurangiza icy’icyiro cy’ikirenga cya Kaminuza.

Ati: “Muyobozi wanjye wakoze neza, nda kwishimiye, kuba ugeze kuriyo ntambwe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Francine MuyumbaIbindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y’ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y'ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?