Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Senateri Francine Muyumba, yavuze ko abagize ishyaka rya UDPS, bakwiye gusaba imbabazi uwahoze ari perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange n’urugo rwe, ni mugihe avugako ba mushinja kuba ari umunyarwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi Farncine Muyumba, ya bigaragaje, mugihe Joseph Kabila Kabange, yari ya murikikiye abarimu igitabo, kiza mufasha gusoza icyicyiro, cy’ikirenga cya Kaminuza i Johnnesburg, muri Afrika y’Epfo.

Igitabo cya Joseph Kabila, gikora ku ngingo ihishura uburyo Afrika ikomeje kurwanirwa na Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya.

Bya vuzwe ko kiriya gitabo Joseph Kabila Kabange, yakimurikiye abarimu, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024. Ki kaba kizwi nka defanse mu mashuri makuru na za Kaminuza.

N’igitabo yise ‘Geapolitical Turn: Usa-China-Russia Rivarly and Implications for Africa,’ ki garagaza uburyo umugabane w’Afrika ugenda wiyegerezwa n’ibi Bihugu kuko biyibonamo amahirwe akomeye.

Nk’uko bigaragara Joseph Kabila Kabange, yagiye ku murika kiriya gitabo amaze kwi yo gosheha ibyo bakunze kwita ‘Igipara,’ arinaho Senateri Francine Muyumba, yahereyeko ashiraho photo ya Laurent Desire Kabila ayigerekaho iya Joseph Kabila Kabange, agira ati: “Imyaka 20 irashize abantu bo mu i shyaka rya UDPS ba beshe abaturage ba Congo ko Kabila atari umwana wa Mzee Laurent Desire Kabira, ati ni umunyarwanda. Uy’u munsi bakwiye gusaba Joseph Kabila imbabazi ndetse bakazisaba n’umuryango we.”

Yakomeje agira ati: “Urabona uburyo Joseph asa na papa we!”

Francine Muyumba, yasoje ashimira Joseph Kabila, kuba ageze kuntambwe ishimishije yo kurangiza icy’icyiro cy’ikirenga cya Kaminuza.

Ati: “Muyobozi wanjye wakoze neza, nda kwishimiye, kuba ugeze kuriyo ntambwe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Francine MuyumbaIbindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y’ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y'ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?