• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Senateri Francine Muyumba, yavuze ko abagize ishyaka rya UDPS, bakwiye gusaba imbabazi uwahoze ari perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange n’urugo rwe, ni mugihe avugako ba mushinja kuba ari umunyarwanda.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ibi Farncine Muyumba, ya bigaragaje, mugihe Joseph Kabila Kabange, yari ya murikikiye abarimu igitabo, kiza mufasha gusoza icyicyiro, cy’ikirenga cya Kaminuza i Johnnesburg, muri Afrika y’Epfo.

Igitabo cya Joseph Kabila, gikora ku ngingo ihishura uburyo Afrika ikomeje kurwanirwa na Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya.

Bya vuzwe ko kiriya gitabo Joseph Kabila Kabange, yakimurikiye abarimu, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024. Ki kaba kizwi nka defanse mu mashuri makuru na za Kaminuza.

N’igitabo yise ‘Geapolitical Turn: Usa-China-Russia Rivarly and Implications for Africa,’ ki garagaza uburyo umugabane w’Afrika ugenda wiyegerezwa n’ibi Bihugu kuko biyibonamo amahirwe akomeye.

Nk’uko bigaragara Joseph Kabila Kabange, yagiye ku murika kiriya gitabo amaze kwi yo gosheha ibyo bakunze kwita ‘Igipara,’ arinaho Senateri Francine Muyumba, yahereyeko ashiraho photo ya Laurent Desire Kabila ayigerekaho iya Joseph Kabila Kabange, agira ati: “Imyaka 20 irashize abantu bo mu i shyaka rya UDPS ba beshe abaturage ba Congo ko Kabila atari umwana wa Mzee Laurent Desire Kabira, ati ni umunyarwanda. Uy’u munsi bakwiye gusaba Joseph Kabila imbabazi ndetse bakazisaba n’umuryango we.”

Yakomeje agira ati: “Urabona uburyo Joseph asa na papa we!”

Francine Muyumba, yasoje ashimira Joseph Kabila, kuba ageze kuntambwe ishimishije yo kurangiza icy’icyiro cy’ikirenga cya Kaminuza.

Ati: “Muyobozi wanjye wakoze neza, nda kwishimiye, kuba ugeze kuriyo ntambwe.”

Bruce Bahanda.

Tags: Francine MuyumbaIbindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y’ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y'ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?