Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiro bya perezida Joe Biden bishize itangazo hanze rivuga mpuruyaha, y’ibitero Iran yagabye kuri Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 14, 2024
in Regional Politics
0
Ibiro bya perezida Joe Biden bishize itangazo hanze rivuga mpuruyaha, y’ibitero Iran yagabye kuri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bikuru bya perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, whitehouse.gv byasohoye itangazo rivuga ku bitero Iran yagabye kuri Israel, ryerekana neza ko Amerika yafashije Israel muburyo bweruye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni itangazo ryerekana ko ryandikiwe muri Whitehouse, nyuma y’uko igisirikare cya leta ya Iran kimaze kugaba ibitero kuri Israel.

Iritangazo ritari rigufi ritangira rivuga ko Iran hamwe nabo bakorana bakorera muri Yemen, Siriya na Iraki, bagabye igitero cy’indege kitigeze kibaho ku bigo bya gisirikare muri Israel.

Itangazo rivuga ko Amerika itishimiye ibyo Iran yakoze mu kugaba ibitero.

Rigira riti: “Turamagana twivuye inyuma ibitero byagabwe muri Israel mu buryo bukomeye.”

Rikomeza rivuga ko ‘ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu rwego rwo gushigikira igihugu cya Israel, ingabo za Amerika zashwanyaguje Indege hamwe n’ibisasu bya Misile byari byagabwe kuri Israel. Drone hafi ya zose zari zagabye ibitero zahanuwe.’

Iritangazo ry’ibiro bikuru bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, rikomeza rivuga ko Joe Biden aheruka kuvugana na minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu, kugira ngo Amerika yereke Israel ko iyishigikiye, ko ndetse yiyemeje guharanira umutekano wa baturage baturiye i Gihugu cya Israel.

Itangazo rinashimangira rivuga ko Joe Biden yabwiye Benjamin Netanyahu ko Israel yerekanye ubushobozi budasanzwe bwo kwirinda no gutsinda ibitero bitigeze bibaho. Biden yakomeje abwira Netanyahu ko abanzi ba Israel batazagira icyo batwara igihugu cya Israel.

Iritangazo rivuga kandi ko Biden azahamagara bagenzi be bo muri G7 kugira ngo bashake igisubizo cy’u bubanyi n’amahanga ku gitero cy’u bugome Iran yakoze.

Itangazo risoza rivuga ko Igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika kizakomeza gushyigikira Israel n’ubwo muri ibi bihe bitoroshye kandi ko Amerika itazatezuka ku kurwanya ibyihebe.

       MCN.
Tags: Ibitero bya gabwe kuri IsraelIranMpuruyaha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w’u mugabo

I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w'u mugabo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?