• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiro bya perezida Joe Biden bishize itangazo hanze rivuga mpuruyaha, y’ibitero Iran yagabye kuri Israel.

minebwenews by minebwenews
April 14, 2024
in Regional Politics
0
Ibiro bya perezida Joe Biden bishize itangazo hanze rivuga mpuruyaha, y’ibitero Iran yagabye kuri Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bikuru bya perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, whitehouse.gv byasohoye itangazo rivuga ku bitero Iran yagabye kuri Israel, ryerekana neza ko Amerika yafashije Israel muburyo bweruye.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Ni itangazo ryerekana ko ryandikiwe muri Whitehouse, nyuma y’uko igisirikare cya leta ya Iran kimaze kugaba ibitero kuri Israel.

Iritangazo ritari rigufi ritangira rivuga ko Iran hamwe nabo bakorana bakorera muri Yemen, Siriya na Iraki, bagabye igitero cy’indege kitigeze kibaho ku bigo bya gisirikare muri Israel.

Itangazo rivuga ko Amerika itishimiye ibyo Iran yakoze mu kugaba ibitero.

Rigira riti: “Turamagana twivuye inyuma ibitero byagabwe muri Israel mu buryo bukomeye.”

Rikomeza rivuga ko ‘ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu rwego rwo gushigikira igihugu cya Israel, ingabo za Amerika zashwanyaguje Indege hamwe n’ibisasu bya Misile byari byagabwe kuri Israel. Drone hafi ya zose zari zagabye ibitero zahanuwe.’

Iritangazo ry’ibiro bikuru bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, rikomeza rivuga ko Joe Biden aheruka kuvugana na minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu, kugira ngo Amerika yereke Israel ko iyishigikiye, ko ndetse yiyemeje guharanira umutekano wa baturage baturiye i Gihugu cya Israel.

Itangazo rinashimangira rivuga ko Joe Biden yabwiye Benjamin Netanyahu ko Israel yerekanye ubushobozi budasanzwe bwo kwirinda no gutsinda ibitero bitigeze bibaho. Biden yakomeje abwira Netanyahu ko abanzi ba Israel batazagira icyo batwara igihugu cya Israel.

Iritangazo rivuga kandi ko Biden azahamagara bagenzi be bo muri G7 kugira ngo bashake igisubizo cy’u bubanyi n’amahanga ku gitero cy’u bugome Iran yakoze.

Itangazo risoza rivuga ko Igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika kizakomeza gushyigikira Israel n’ubwo muri ibi bihe bitoroshye kandi ko Amerika itazatezuka ku kurwanya ibyihebe.

       MCN.
Tags: Ibitero bya gabwe kuri IsraelIranMpuruyaha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w’u mugabo

I Goma, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hatoraguwe undi murambo w'u mugabo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?