• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2024
in World News
0
Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu biremereye byakomerekeje abasivile mu mujyi muto wa Kanyabayonga, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni bisasu byatewe ubwo harimo imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rw’ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi, nk’uko amakuru y’ibanze abivuga.

Iyi mirwano yabereye mu nkengero za Centre ya Kanyabayonga yabaye mu masaha y’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 21/06/2024, iza gukomeza igeza isaha ya sasita za manywa.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ibisasu byaryo ryarimo rirasa biremereye byakomerekeje abarimo abana bato n’abadamu babiri . Ay’amakuru anavuga ko ibyo bisasu byatewe neza mu gace gaherereye muri Quartier ya Buhundu ho muri Kanyabayonga.

Abana bakomerekejwe nibyo bisasu nta mubare wabo urabasha ku menyekana.

Gusa hagaragajwe ubutumwa bwa mashusho, bw’u mwana w’u mukobwa wakomeretse ari ruhande rw’umudamu nawe wakozweho nibyo bisasu.

Byanavuzwe kandi ko nyuma y’uko aba bari bamaze gukomeretswa n’ibyo bisasu ko bahise bihutanwa kwa muganga kugira ngo bitabweho.

Ibi bisasu nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga n’uko byaraswaga n’abasirikare ba FARDC n’abafatanya bikorwa babo barwaniraga mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga bakabitera mu gace ka Buhundu kari hafi naho abarwanyi ba M23 baherereye.

          MCN.
Tags: Abana n'abagoreBuhunduByakomerekejeIbisasu biremereyeKanyabayonga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umunsi ugiye kuziyongeraho amasaha.

Umunsi ugiye kuziyongeraho amasaha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?