• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunsi ugiye kuziyongeraho amasaha.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2024
in Uncategorized
0
Umunsi ugiye kuziyongeraho amasaha.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunsi ugiye kuziyongeraho amasaha.

N’ibyatangajwe n’abashakashatsi aho bavuga ko kuva mu 2010, igice cy’imbere cyane mu nda y’isi cyagendaga buhoro buhoro mu gihe Isi yizengurukaho.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Aba bashakashatsi bakavuga ko kandi ibyo byo kugenda buhoro buhoro bigikomeje, ndetse ko bishobora kuzatuma uburebure bw’umunsi bw’iyongeraho n’ubwo abatuye Isi bashobora kutabimenya.

Isi yizengurukaho amasaha 24, ikamara iminsi 365, amasaha 6 n’iminota 9 izenguruka izuba.

Muri uko kwizengurukaho guhoraho, nibwo hagaragara amanywa n’ijoro ku Isi.

Icyitwa umunsi uba ugizwe n’igice kimwe cy’amanywa, n’ikindi cy’ijoro, ungana n’inshuro imwe Isi iba yizengurukaho.

Abashakashatsi bagaragaza ko kuva mu myaka 14 ishize, igice cyo ku ndiba y’isi cyagendaga ku muvuduko uri hasi mu gihe Isi yizengurukaho, kandi ko n’ubu ari ko bikiri.

Basobanuye ko uko kutagendana n’ibindi bice kuzagira ingaruka ku gihe isi ikoresha yizengurukaho, bigatuma uburebure bw’umunsi bw’iyongera.

Bivuze ko igihe Isi imara yizengurukaho kizaba cyiyongereye.

Inner core y’isi hagereranywa ko ifite ubunini nk’ubw’ukwezi, ikaba igizwe n’ubutare(iron) ndetse na nickel. Iri mu bujyakuzimu bwa kirometero 4,800.

Kuyivaho ugera ku gice abantu batuyeho cyahawe izina rya “Crust” mu cyongereza, hacamo agace kayo kandi kiswe “Outer Core,” n’ikindi gice cyiswe “Mantle.”

Abashakashatsi bari barerekanye ko kuva mu 40 ishize “Inner Core” yagendaga ku muvuduko urenze uwa “Montle” n’uwa “Crust” mu gihe Isi yizengurukaho.

Ibi bikaba byaratangajwe n’igitangaza makuru cya Nature, aho cyagaragaje ko kuva mu 2010 “Inner Core” yatangiye kugenda buhoro buhoro, ndetse ubu ikaba igenda ku muvuduko uri inyuma cyane y’uwibindi bice by’isi.

               MCN.
Tags: Inner CoreMontleUgiye kuziyongeraho amasahaUmunsi

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Igihugu cya Uganda kigiye kubakirwa na leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ikibuga cy’indege mpuzamahanga.

Igihugu cya Uganda kigiye kubakirwa na leta Zunze Ubumwe z'Abarabu ikibuga cy'indege mpuzamahanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?