• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kw’i basira abasivile muri Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kw’i basira abasivile muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Karuba na Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, harashwe ibisasu biremereye birashwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 31/01/2024, ririya huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, aho bivugwa ko biriya bisasu ba birashe igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uy’umunsi.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko biriya bisasu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zabirasaga baherereye kure ya Karuba na Mushaki.

Ahagana isaha z’umugoroba wajoro w’ejo hashize, itariki ya 30/01/2024, umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze akoresheje urubuga rwe rwa X, y’amagana ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kurasa ibisasu biremereye ahatuwe n’abaturage.

Inyandiko ze zavuga ko abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ko bakomeje kwibasira abasevile ahanini, avuga ko abaturage bakunze kw’i basirwa ari abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi.

Kanyuka yagize ati: “Ihuriro rigizwe n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC ku turwanya bafatanije n’ingabo za SADC, bagabye ibitero mu baturage baturiye Karuba na Mushaki no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi.”

Mur’izo nyandiko za Lawrence Kanyuka kandi, yashinje ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO), kuba n’abo b’injiye mu rugamba aho yagaragaje ko barashe bakoresheje indege za MONUSCO bibasira imihana y’abaturage bahereye muri teritware ya Rutsuru.

Yasoje avuga ati: “M23 iributsa imiryango ivuganira ikiremwa muntu, kugoboka Abaturage bari mukaga kava kungaruka z’ubutegetsi bubi, bwa Perezida Félix Tshisekedi.”

Tu bibutse ko k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 30/01/2024, ko habaye ibitero biremereye, ni mugihe ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zagabye ibitero mugihe bashakaga kw’isubiza uduce baheruka kwa mburwa na M23, uduce turi mu nkengero za Sake.

Bruce Bahanda.

Tags: Biri kwibasira abasevile muri teritware ya MasisiBy'i huriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaIbisasu biremereye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Urubyiruko rwo muri teritware ya Rutsuru, bavuga ko k’u butaka bwo muri teritware yabo  ko hari kwinjira ingabo z’ikindi gihugu zifasha inyeshamba.

Urubyiruko rwo muri teritware ya Rutsuru, bavuga ko k'u butaka bwo muri teritware yabo ko hari kwinjira ingabo z'ikindi gihugu zifasha inyeshamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?