• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30, y’igisikare ca Uganda bya mishijwe ku Ngabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2024
in Regional Politics
0
Ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30, y’igisikare ca Uganda bya mishijwe ku Ngabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zamishijweho ibisasu by’indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-30 y’igisikare ca UPDF.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byabaye k’uwa Gatatu, itariki ya 16/01/2024, bi bera mu gace ka Eringeti, mu Ntara ya Ituri, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ikinyamakuru cya Uganda cyitwa Chimpreports, cyatangaje ay’amakuru kivuga ko biriya bitero ingabo za Uganda zibeshe zirasa mu ikambi y’igisikare ca FARDC ariko bari bagambiriye kurasa ahari imitwe y’iterabwoba ya ADF Naru.

Bikaba bizwi ko Ingabo za RDC n’iza Uganda zisanzwe zifite operasiyo zihuriyeho yo kurwanya ibyihebe, iyo operasiyo yahwe izina rya ‘Shujaa.’

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko hakomeretse abasirikare benshi bo mu Ngabo za FARDC undi umwe acika amaguru n’amaboko.

Kugeza ubu Ingabo za RDC ntacyo ziravuga kuri iy’i ndege ya Sukhoï-30 ya Uganda yakomerekeje abasirikare ba bo. Gusa ibi bikaba bibaye ku nshuro ya Gatatu Ingabo za Uganda ziri muri operasiyo Shujaa zibesha zikarasa ku Ngabo z’igihugu cya RDC.

Mu minsi mike ishize perezida Yoweli Kaguta Museveni, yakomeje kumvikana avugako mugihe ADF itazamanika amaboko bazaba barimo kw’i kururira kurimbuka.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibisasu bya mishijwe ku Ngabo z'igihugu cya RDCSUKHOÏ-25UPDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.

Abavuga rikijana mu Burundi basabye ko minisitiri w'umutekano w'imbere mu gihugu yeguzwa ku mpamvu yo gufunga imipaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?