• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
December 5, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

You might also like

Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri

Kivu y’Amajyaruguru: Imirwano Ikomeje Guteza Impunzi n’Ibibazo Bikomeye by’Ubutabazi

RDC n’u Burundi mu Mugambi wo Kwirukana Abanyamulenge muri Gakondo yabo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 05/12/2025, mu gace kitwa Mubadage, kari mu Rugombo, Intara ya Cibitoki mu Burundi, haravugwa urupfu rw’umwana muto n’iyangirika ry’ibintu by’agaciro, nyuma y’uko ibisasu byatewe n’ingabo z’u Burundi byari bigamije kurasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), byahushije bigwa ku butaka bwabo.

Nk’uko byemezwa n’abaturage bahatuye ndetse bikemezwa na Minembwe Capital News (MCN), ibi bisasu byaguyemo abaturage b’inzirakarengane mu gihe byari bigamije gushyigikira imirwano ingabo z’u Burundi zifatanyijemo na FARDC, Wazalendo na FDLR, barwana na AFC/M23 mu kibaya cya Rusizi, muri Kivu y’Amajyepfo.

Ibyo bitero by’ibisasu bikomeje kuvugwaho kenshi kuba bihitana abaturage b’abasivili mu bice bya Kamanyola, Katogota, Luvungi n’ahandi, aho amakuru avuga ko abarimo abagore n’abana bishwe n’izo ntwaro ziremereye muri iyi minsi itatu y’imirwano.

Uretse abo mu Burundi, ibisasu nk’ibi byahitanye abaturage b’i Luvungi, harimo abapfuye kuri uyu wa Gatanu. Ibi biza bikurikirana n’urupfu rw’abasivili ku wa Kabiri no ku wa Kane, bigaragaza ihungabana rikomeye ry’umutekano w’abaturage muri ibyo bice.

Ibi bibazo bikomeje kuba mu gihe ibiganiro by’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda biri kubera i Washington, bikitabirwa n’abakuru b’ibihugu n’abayobozi bo ku rwego mpuzamahanga, mu gushaka igisubizo kirambye ku bibazo by’umutekano mu karere k’ibiyaga bigari.

Tags: IbisasuRugombo
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri

Perezida Ndayishimiye mu Magambo Ashaririye Ashinja u Rwanda, Isi Isabwa Gusesengura Ukuri Mu mvugo zikomeje guteza impungenge ku rwego mpuzamahanga, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kwijandika mu...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyaruguru: Imirwano Ikomeje Guteza Impunzi n’Ibibazo Bikomeye by’Ubutabazi

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Kivu y’Amajyaruguru: Imirwano Ikomeje Guteza Impunzi n’Ibibazo Bikomeye by’Ubutabazi

Kivu y’Amajyaruguru: Imirwano Ikomeje Guteza Impunzi n’Ibibazo Bikomeye by’Ubutabazi Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutekano wakomeje kuba muke cyane mu...

Read moreDetails

RDC n’u Burundi mu Mugambi wo Kwirukana Abanyamulenge muri Gakondo yabo

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
RDC n’u Burundi mu Mugambi wo Kwirukana Abanyamulenge muri Gakondo yabo

RDC n'u Burundi mu Mugambi wo Kwirukana Abanyamulenge muri Gakondo yabo Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'i y'u Burundi birashyirwa mu majwi ku kuba biri gushyira...

Read moreDetails

DRC: Arrest of General Bolingo Continues to Shake Security Institutions and Spark Debate Within the FARDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

In the Democratic Republic of the Congo (DRC), security services have arrested General Bolingo Matani, a senior officer in the national army (FARDC) holding the rank of Brigadier...

Read moreDetails

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano zataye muri yombi...

Read moreDetails
Next Post
General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?