Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2025
in World News
0
Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

You might also like

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Kainarugaba Muhoozi yavuze ko aho kwitaba inteko ishinga mategeko ya Uganda yamutumijeho azafunga abayigize bose abo yise “ibicucu bibi.”

Ahar’ejo tariki ya 17/01/2025 ni bwo komisiyo ishinzwe igisirikare mu nteko ishinga amategeko ya Uganda yategetse minisitiri w’ingabo z’iki gihugu gusaba Gen Kainarugaba Muhoozi kuyitaba, kugira ngo atange ibisobanuro ku butumwa bwe butavugwaho rumwe akunze gucisha ku rubuga rwa x.

Ubwo butumwa abadepite bagize iriya komisiyo bavuga ko busiga icyaha isura ya Uganda, haba imbere mu gihugu no ku ruhando mpuzamahanga.

Gen Kainarugaba Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa x, yavuze ko aho kugira ngo yitabe abadepite bamuhamagaje azabata muri yombi.

Yagize ati: “Sinzigera ngaragara imbere y’ibicucu bibi byo mu nteko ishinga amategeko. Ahubwo byose nzabita muri yombi.”

Yanavuze kandi ko nyuma y’uko azaba yataye muri yombi abo yise ibicucu byo mu nteko ishinga amategeko, azabatumira ubundi baganire ngo kandi nihagira ukorora nabi muri bo , niwe uzasigara mu buroko.

Ubundi kandi yavuze ko akaneye miliyari 1,000 z’amashilingi ya Uganda agenewe igisirikare cya Uganda, anashimangira ko buri wese mu bagize inteko ishinga mategeko agomba ku mushigikira akayahabwa.

Mu minsi mike ishize Muhoozi yari yasezeye gukoresha x, ariko mu minsi itarenze icyumweru yahise yongera kuyigarukaho avuga ko aringombwa ko ayikoresha.

Tags: Inteko ishinga mategekoUgandaX
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yishe irashe umugabo w’Umunyamulenge.

FARDC yishe irashe umugabo w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?