• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in World News
0
Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Kainarugaba Muhoozi yavuze ko aho kwitaba inteko ishinga mategeko ya Uganda yamutumijeho azafunga abayigize bose abo yise “ibicucu bibi.”

READ ALSO

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

Ahar’ejo tariki ya 17/01/2025 ni bwo komisiyo ishinzwe igisirikare mu nteko ishinga amategeko ya Uganda yategetse minisitiri w’ingabo z’iki gihugu gusaba Gen Kainarugaba Muhoozi kuyitaba, kugira ngo atange ibisobanuro ku butumwa bwe butavugwaho rumwe akunze gucisha ku rubuga rwa x.

Ubwo butumwa abadepite bagize iriya komisiyo bavuga ko busiga icyaha isura ya Uganda, haba imbere mu gihugu no ku ruhando mpuzamahanga.

Gen Kainarugaba Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa x, yavuze ko aho kugira ngo yitabe abadepite bamuhamagaje azabata muri yombi.

Yagize ati: “Sinzigera ngaragara imbere y’ibicucu bibi byo mu nteko ishinga amategeko. Ahubwo byose nzabita muri yombi.”

Yanavuze kandi ko nyuma y’uko azaba yataye muri yombi abo yise ibicucu byo mu nteko ishinga amategeko, azabatumira ubundi baganire ngo kandi nihagira ukorora nabi muri bo , niwe uzasigara mu buroko.

Ubundi kandi yavuze ko akaneye miliyari 1,000 z’amashilingi ya Uganda agenewe igisirikare cya Uganda, anashimangira ko buri wese mu bagize inteko ishinga mategeko agomba ku mushigikira akayahabwa.

Mu minsi mike ishize Muhoozi yari yasezeye gukoresha x, ariko mu minsi itarenze icyumweru yahise yongera kuyigarukaho avuga ko aringombwa ko ayikoresha.

Tags: Inteko ishinga mategekoUgandaX

Related Posts

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
Next Post
FARDC yishe irashe umugabo w’Umunyamulenge.

FARDC yishe irashe umugabo w'Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?