• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero birimo n’ingabo z’u Burundi byagabwe mu mihana itandukanye y’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in Regional Politics
0
I Kilembwe ingabo za Fardc ntizitsa umwuka munda, naho Bibogobogo hatewe
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero birimo n’ingabo z’u Burundi byagabwe mu mihana itandukanye y’Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Imihana itandukanye y’Abanyamulenge irahazwi nk’i Mulenge, muri Kivu y’Amajyepfo, yagabwemo ibitero, aho bivugwa ko imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Wazalendo ifatanyije n’ingabo z’u Burundi kw’ari yo yagabye ibyo bitero.

Kuva ku wa gatanu w’i cyumweru gishize abaturiye i Ndondo ya Bijombo bavuze ko iwabo hanyuze ingabo z’u Burundi zaje zinutse i Uvira.

Bavuga ko izi ngabo zigizwe n’ibatayo zibiri.
Nk’uko babivuze zari zerekeje mu Minembwe, kandi ko ubwazo nazo zabwiye aba baturage ko ari yo zerekeje.

Ati: “Ku wa ganu, abasirikare b’u Burundi banyuze kw’ Irango ari benshi, barara ahitwa mu Kagogo. Zari ziturutse i Uvira, zitubwira ko zigiye mu Minembwe, zari batayo zibiri.”

Ni mu gihe Twirwaneho iheruka kwigarurira ibigo by’ingabo z’u Burundi n’ibya FARDC byabaga mu Mikenke na Kamombo.
Ibi bigo Twirwaneho yabyigaruriye nyuma y’aho mu Minembwe na Mikenke ndetse no mu Cyohagati, Abanyamulenge bakomezaga kugabwaho ibitero by’iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo.

Kuzamuka kw’aya mabatayo abiri y’ingabo z’u Burundi, biri murwego rwo gutanga musaada nyuma y’aho izari mu Kamombo na Mikenke zitsinzwe.

Uyu munsi rero, tariki ya 03/03/2025, byavuzwe ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ririmo ingabo z’u Burundi ryagabye ibitero ahatuwe n’Abanyamulenge.

Umwe mu baturage yatubwiye ko ibyo bitero byagabwe mu majyepgo ya Minembwe, Mikenke na Bibogobogo.

Yagize ati: Mu Minembwe tubyukiye mu ntambara. Umwanzi yaduteye ku Gipimo mu Biziba na Bilalombili mu Mikenke.”

Ibindi bitero byavuzwe mu Bibogobogo naho hatuwe n’Abanyamulenge, aho amakuru ava yo avuga ko uwabateye yaturutse mu Mutambara mu b’Abembe. Ntibiramenyekana neza ko aba Wazalendo bateye ku Gipimo na Bibogobogo barikumwe n’ingabo z’u Burundi. Gusa bizwi ko izi ngabo z’u Burundi ari zo zagabye igitero ku Bilalombili mu Mikenke.

Amakuru amwe avuga ko Twirwaneho igihagaze neza mu mirwano, ngo kuko yabashe gusubiza inyuma ibyo bitero byose yagabweho muri izi mpande zitandukanye.

Nyamara kandi, andi makuru avuga ko mu Mikenke imirwano yaremereye, ariko ko ku Gipimo Twirwaneho yashubije inyuma uwayigabyeho igitero.

Uherereye mu Mikenke yagize ati: “Adui yaje ari mwinshi ku Bilalombili, ariko ubu twamwirukanye . Ari guhunga yerekeje u ruhande rwo mu Rwitsankuku.”

Iyi mirwano ibaye mu gihe mu mpera z’icyumweru gishize, i Bukavu hashyizweho guverineri n’abavisi guverineri babiri b’iyi ntara ya Kivu y’Epfo. Ni ubuyobozi bwashyizweho n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), ribarizwamo imitwe ibiri yagisirikare uwa m23 n’uwa Twirwaneho.

Tags: BibogobogoIbiteroMikenkeMinembwe
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC, iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo zatwitse imihana y’Abanyamulenge muri Kivu y’Epfo.

Ingabo za FARDC, iz'u Burundi, FDLR na Wazalendo zatwitse imihana y'Abanyamulenge muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?