• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uduce tubiri two muri Minembwe twagabwemo ibitero bya FARDC, Mai Mai, FDLR, FDNB n’Imbonerakure.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2025
in Conflict & Security
0
Uduce tubiri two muri Minembwe twagabwemo ibitero bya FARDC, Mai Mai, FDLR, FDNB n’Imbonerakure.
110
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uduce tubiri two muri Minembwe twagabwemo ibitero bya FARDC, Mai Mai, FDLR, FDNB n’Imbonerakure.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Ihuriro ry’Ingabo zirwanirira Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge tubiri two muri komine ya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iri huriro ry’ingabo za Congo ririmo ingabo z’u Burundi, iza Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR ndetse n’indi iyishamikiyeho nk’imbonerakure z’u Burundi.

Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa kane tariki ya 10/04/2025, ni bwo iri huriro ryazindutse rigaba ibitero mu gice cya Gahwela n’icyo kwa Sekaganda.

Ibi bice byombi iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa ryagabyemo ibitero biri mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe, ni mu gihe kwa Sekaganda ho ari mu ntera ngufi cyane. Ugereranyije ni nk’ibirometero bitanu uvuye muri centre ya Minembwe mu gihe mu Gahwela ho bishobora kugera mu birometero 8.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibyo bitero muri ibyo bice, ryaturutse uruhande rwa Musika no Mugashasha ubwo ni mu majyepfo ya komine ya Minembwe muri teritware ya Fizi.

Nayamara kandi aya makuru akomeza avuga ko kuri ubu Twirwaneho Kubufatanye n’umutwe wa m23 birimo gukubita kubi ririya huriro ryagabye ibitero ku Banyamulenge.

Ndetse amakuru amwe avuga ko iri huriro ry’ingabo za Congo ryatangiye kurwana risubira inyuma, dore ko nta numunsi numwe ririrukana Twirwaneho na M23 kuva intambara zubura mu mwaka wa 2017 mu misozi miremire y’i Mulenge.

Iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa ryongeye kugaba ibitero mu gihe umusibo ejo ku wa gatatu Twirwaneho na M23 yabirukanye mu gice cya Rugezi cyose, kuri ubu kikaba kigenzurwa n’iyi mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC.

Bizwi ko Rugezi mu mwaka wa 2018 yashyizwemo ibirindiro bya FDLR na Mai Mai bikomeye, kandi mu kubishinga ubuyobozi bwa FARDC bwabigizemo uruhare, nk’uko amakuru abivuga, ariko igitangaje ibyo birindiro tariki ya 08/04/2025 Twirwaneho na M23 byarabisenye.

Igice cyose cya Rugezi kuri ubu kikaba kirebwa na Twirwaneho na M23.

Ikigeretseho iyi mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, iragenzura kandi n’inkengero za Rugezi uherereye i Gasiro na Nyagatete werekeza i Milimba ahazwi nk’i ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Tags: FDLRGahwelaIbiteroMai Mai
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
RDC yasubije iwabo Abanya-Merika bagerageje gu kubita Coup d’etat.

RDC yasubije iwabo Abanya-Merika bagerageje gu kubita Coup d'etat.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?