Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero by’indege i Moscow byatumye ibibuga by’indege bifungwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 7, 2025
in World News
0
U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero by’indege i Moscow byatumye ibibuga by’indege bifungwa.

You might also like

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yafunze byagateganyo ibibuga by’indege bine biherereye mu murwa mukuru Moscow kubera ibitero bya drones Ukraine yagabye muri uyu mujyi mu minsi ibiri yikurikiranya.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuyobozi wa Moscow, Serge Sobyanin, aho yavuze ko nibura drones 19 za Ukraine zarashwe mbere yuko zigera mu mujyi aho zari ziturutse mu byerekezo bitandukanye.

Yanavuze ko bimwe mu bisigazwa by’izi drones byaguye muri imwe mu mihanda y’injira mu mujyi wa Moscow, ariko ko nta muntu n’umwe wahitanywe nabyo.

Kugeza ubu Ukraine ntacyo irabivugaho, ariko umuyobozi w’umujyi wa Kharkiv yavuze ko u Burusiya nabwo bwagabye ibitero by’indege zitagira abapilote muri uwo mujyi mu ijoro ryakeye, ndetse no muri Kyiv, aho byahitanye umuntu umwe bikanasenya ibikorwa remezo by’abasivili.

Mu ijoro rya kabiri ryikurikiranya u Burusiya butangaza ko Ukraine yagabye ibitero bya drone, ari nabwo minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko yarashe drones 26 zoherejwe na Ukraine.

Hagataho, ibibuga by’indege byari byafunzwe byaje gufungurwa nyuma y’amasaha make.

Ibihugu byombi bikomeje kugabanaho ibitero bikaze, mu gihe ibiganiro by’amahoro byenda gutangira ku mpande zombi, nk’uko bigenda bitangazwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, u Burayi ndetse n’ibi bihugu bihanganye ubwabyo.

Tags: Ibitero bya Drones
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

by Bruce Bahanda
May 8, 2025
0
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo.. Sosiyete z'indege zitandukanye zahagaritse ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma yuko rwongeye kwambikana hagati y'ingabo z'iki gihugu n'iz'u...

Read moreDetails

Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

by Bruce Bahanda
May 7, 2025
0
Rwa mbikanye hagati y’u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka.

Rwa mbikanye hagati y'u Buhinde na Pakistan ivumbi riratumuka. Igisirikare cy'u Buhinde cyarasanye bikomeye n'icya Pakistan, nyuma y'aho ibihugu byombi byari bigize iminsi bipfa agace ka Kshimir. Buri...

Read moreDetails

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

by Bruce Bahanda
May 7, 2025
0
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse. Leta Zunze ubumwe z'Amerika za sezeranyije abimukira baba muri iki gihugu mu buryo butemewe n'amategeko, abazajya bibwiriza gusubira mu...

Read moreDetails

Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

by Bruce Bahanda
May 5, 2025
0
Icyakurikiyeho nyuma y’aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto.

Icyakurikiyeho nyuma y'aho perezida William Ruto wa Kenya atewe urukweto. Umukuru w'igihugu cya Kenya William Samue Ruto, umugabo w'Umukenya yamuteye urukweto ubwo yari mu ruzinduko yarimo rwo gusura...

Read moreDetails

perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

by Bruce Bahanda
May 4, 2025
0
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

Perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahindutse urwamenyo nyuma y'aho yibasiriwe n'abakoresha imbugankoranyambaga nk'urwa Tuth social na x...

Read moreDetails
Next Post
Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Abimukira bazibwiriza gutaha bava muri Amerika, basezeranyijwe guhabwa agatubutse.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?